IGIHE.com > Abantu > Kubaho > Urukundo
Ni gute wafasha umugore wawe kurangiza ? PRINT VISITS : 240336 COMMENTS: 113 

Ni gute wafasha umugore wawe kurangiza ?


Yanditswe kuya 20-02-2012 - Saa 14:50' na Fabrice KWIZERA

Kuri ubu, kurangiza ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bisigaye ari ibintu bikunzwe cyane. Nubwo biri uku, siko byahoze mu myaka yashize kandi ntibyakunze kujya bibatera ipfunwe dore ko binashoboka ko benshi muri bo batari bazi ko bibaho.

Bamwe mu baganga n’abahanga mu bijyanye n’ihuzabitsina bemeza ko kuba hari abagore batakunze kugira amahirwe yo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina nta kibazo byabateye haba ku mubiri no mu mibereho yabo muri rusange dore ko mu mpera z’imyaka ya za 70, hari abari bakemeza ko bitanabaho ko ahubwo ari ikintu cyaremwe kikanamamazwa n’itangazamakuru.

Muri iki gihe ibi byose byarahindutse, abaganga n’abahanga bakomeza bavuga ko ari byiza kurangiza kuko bigira byinshi bihindura mu mubiri bikaba byiza kurushaho iyo bibaye kenshi mu gihe cyose yumva abishaka. Bimwe mu byiza byo kurangiza harimo kuba bitera amaraso kuba agenda neza mu mitsi, akaba yasinzira neza, bishobora no gufasha mu kwimara umubabaro n’agahinda.

Ese kurangiza k’umugore ni iki ?

Abantu benshi ntibasobanukiwe no kurangiza k’umugore. Muri iki gihe, ibiba mu mubiri w’umugabo iyo asohora ni bimwe n’ibiba mu mubiri w’umugore iyo arangiza.

Mu yandi magambo, ku mugore ugiye kurangiza arimo akora imibonano mpuzabitsina habaho kwiyongera cyane k’uburyohe yumva mu mubiri bikagera aho bimurenga, akaba yatangira no gutitira, aha bikaba biterwa no kuba bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina ye igenda ikangwa n’igitsina cy’umugabo inshuro nyinshi mu madakika make, ibi bikaba bitandukanye n’ibiba ku bagabo iyo basohora.

Birashoboka kurangiza inshuro nyinshi ku mugore…

Irindi tandukaniro rinini riri hagati yo kurangiza kw’abagore n’abagabo ni uko nyuma yo kurangiza bwa mbere, abagore benshi bashobora kurangiza bwa kabiri ndetse n’izindi nshuro nyinshi biboroheye akenshi bikaba byaba mu gihe cy’umunota cyangwa ibiri, bikaba byanakomeza bitewe n’uwo barimo bakorana imibonano.

No mu bagore harimo itandukaniro kuko abakiri bato bashobora kurangiza kenshi cyane ugereranyije n’abagore bamaze gukura igihe cyose babishaka kandi babifashijwemo n’abakunzi babo babimenyereye dore ko ari n’ibintu umuntu ashobora kwiyigisha gahoro gahoro.

Ni byiza gutuma umugore aryoherwa birenze

Ku bagabo ikintu cy’ingenzi bakagombye kwitaho cyane ni uko umugore agera aho yumva uburyohe burenze atari uko bahatirije nkuko bikunze kugenda ku bagabo muri rusange. Biroroha cyane ku bagabo kugira ngo arangize iyo akora imibonano mpuzabitsina kabone niyo yaba adakunda uwo barimo bayikorana.

Mu miterere y’abagore siko bameze kuko kugira ngo bibeho bisaba ko umugore yumva ari mu gihe cyiza, agiye kubikorana n’uwo yiyumvamo, kuba yumva ashakwa kandi akunzwe no kuba azi ko uwo bagiye kuryamana afite ubumenyi buhagije bwo kugira ngo aryoherwe.

Mugabo aho uri hose, niba mu buriri udashobora guha umukunzi wawe ibyiza nk’ibi maze kuvuga haruguru, ntuzoroherwa no gutuma aryoherwa akaba yanarangiza, ibi kandi bikunze kubyara ibibazo byinshi ntiriwe mvuga. Uku kumufasha kuryoherwa birenze, akaba aribyo bikuraza inshinga nibyo bizatuma abasha kurangiza mu gihe cyose utegereje wihanganye.

Niba uri umugabo, ni byiza guhora wibuka ko gushyira igitsina cyawe mu cy’umugore bitamutera kuba yakumva ubwo buryohe burenze. Ibishobora gukorwa muri iki gihe kugira ngo bigerweho ni byinshi, fata akanya ubitekerezeho urabibona.

IBITEKEREZO
Abahanga bavuga ko ibanga ryo guhaza umugure ari ukumunyaza nutanyaza umugore wawe uzaba umupfubije akeneye kurangiza akishima .
13.05.2012 saa 14:54
Thomas
Bon week-end ese nigute umugabo amenya ko umugore we yarangije igihe bario gukora imibibonano muzabitsina.
6.05.2012 saa 02:45
janvier
ahaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaamushyitsi urasenya urwanda
4.05.2012 saa 05:54
kunda
ARIKO SE MUZATUBESHYA KUGEZA RYARI KO MBONA INKURU MUZISUBIRAMO BURI MUNSI BITYO MU KITAPA HS.MURAKOZE
2.05.2012 saa 14:47
GASPO
Ubundi uko waswera kose umugore wawe ntarangize uzamenyeko umusigiye uburwayi
22.04.2012 saa 00:50
Duabol paisi
sha ntimukatubeshye,ahubwo wanyuzwe nuburyo akuryohereza ese kuki umushyira kumbuga za internet ?warangiza ugashyiraho amazina weninjiji se ? ntabwo azigusomama se ?nubwo yaba atabizi abandi bamusomera,isubireho niba utabeshya.
6.04.2012 saa 03:09
ruswezi jean
nge sinumva ukuntu umugore arangiza.nkoze imibonano mpuzabitsina kenshi nkaryoherwa ariko sindarangiza narimwe.ese byaba biterwa niki ?
31.03.2012 saa 04:18
######
mumbwire neza ingingo ku ngingo uko waswera umukunzi wawe akanyara. ese bisaba kuba ufite imboro nini cyane cyangwa uko ingana yose yamunyaza
24.03.2012 saa 04:12
Jackson
Ndabashimiye ku nkuru zanyu nziza , ibi birakenewe cyane kuko nibimwe mu bituma hirya no hino mungo usanga ibintu bitagenda neza bitewe no kudashimishanya mugihe cy'imibonano mpuza bitsina kubashakanye.
23.03.2012 saa 04:47
klapon Eric
mwiriwe nejejwe cyane no kubona mutugira inama nziza yuko twakwitwara arinayo mbasaba ko mwamfasha kukaduha inyigisho yuko umuntu yanyaza umugorewe murakoze
20.03.2012 saa 02:21
######
Kuri Keza.Imababazi iyo zitanzwe zitangwa numutima wose kdi ntaburyarya.niba wumva utagishaka gutera akabariro nukuri nuko utigeze umubabarira.Kdi niba yaragusabye imbabazi nuko yarabivanye kumutima.Nuko ntazi umugore wawe namwigisha uburyo bwose yagufata kugirango umubabarire ubivanye ku mutima.Ikindi nubwo wamubabariye ese mwigeze mwicara mubiganiraho akubwira uko byaje nicyabimuteye.kuva utarabiganiriyeho nawe ntanarimwe bizakuvamo.Inama nakugira ongera umubwire mwicare abana bamaze kuryama umubwire uko ikibazo kimeze kdi umubwire ko udashaka kugarura ibyahise ariko ko kugirango bishire aruko mubiganiraho.wenda ko nawe ukaka ko ushobora kuba ari wowe watumye agenda.Umugore ntanarimwe apfa kugenda haba hari ikibazo kiri hagati yanyu igihe muri gutera akabariro.abagore batandukanye nabagabo kuko umugabo we agenda igihe cyose ashakiye ntanimpamvu.ntitwabarenganya kuko niko baremwe.Keza nukuri niba ushaka kubaka ubaka numufasha wawe ariko banza umubabarire nawe arabizi ko yagukoshereje.
13.03.2012 saa 11:24
kayitesi
iyo hari urukundo, ubwubahane na communication hagati yabo bombi kurangiza ntibiba ikibazo.
11.03.2012 saa 05:34
Jd
NIBYIZA KURANGIZA NIBWO WUMVA ICYO WAKOZE ARIKO ABAGABO BENSHI BUBATSE USANGA BATABYUBAHIRIZA BAPFA UBURANGIZA IBINDI NTUKABABAZE NTAWO MADAMU YAJYA IYO AVUZE ABA INDAYA KDI BITERA UMUGONGO NO MUNDA AMAGURU NIWAREBA URAKANDAGIRA UKAGIRANGO N'IBISEBE MUJYE MUKOMEZA MUBABWIRE WENDA HARI ICYO BIZATANGA. MURAKOZE !
5.03.2012 saa 12:34
EMMANUEL
NIBYIZA KURANGIZA NIBWO WUMVA ICYO WAKOZE ARIKO ABAGABO BENSHI BUBATSE USANGA BATABYUBAHIRIZA BAPFA UBURANGIZA IBINDI NTUKABABAZE NTAWO MADAMU YAJYA IYO AVUZE ABA INDAYA KDI BITERA UMUGONGO NO MUNDA AMAGURU NIWAREBA URAKANDAGIRA UKAGIRANGO N'IBISEBE MUJYE MUKOMEZA MUBABWIRE WENDA HARI ICYO BIZATANGA. MURAKOZE !
5.03.2012 saa 12:34
EMMANUEL
guys ikibazo nkuko mwakivuze kiriho nibyo koko ! ariko igisubizo nkuko nabonye menshi bagiye biyambaza abapfubuzi ibyo ni nko kwiyahura. mubyukuri urugo rukomezwa no kuganira no guca bugufi ukirinda kwigira bamenya ahubwo ukabaza ndetse ukanemera ko rimwe na rimwe aho ugeze ntagisubizo uhafitiye bityo hagatangira ibiganiro bituma muharenga. umugore wawe mubwire uti cherie nawe urabibona ntako ntagize nawe niba haricyo ubwire tugerageze ariko wishime, nawe mugore witumbira umugabo wawe ahubwo mubwize ukuri witinya ngo aravuga ko nabibwiwe ni iki hoya mubwire uti kabisa nturyohereza uzaganire nabandi bagabo cg se haricyo mbiziho iyo ukoze aha ndaryoherwa. ubundi muzarebe icyo bitanga. so ndagira ngo nsoreze aha mbasaba kuganira mukirinda kwigira ndirigabo ubundi kandi mukiga kunyurwa...
5.03.2012 saa 03:22
makuza
Yewe ndababwiza ukuri twabyanga twabyemera ibijyanye no guhuza ibitsina biza kwisonga mubishishikaza abantu nubwo ntabushakashatsi nakoze.Ni iyihe nkuru yindi abantu batangaho ibitekerezo nkijyanye no guhuza ibitsina.Ubu nanditse hariho comments 94 zose.Gusa SIDA izatumara abibuka agakingirizo ni bake kandi nako si ako kwizerwa 100/100.
4.03.2012 saa 09:15
######
byarananiye jye umugore arivumbura
1.03.2012 saa 15:04
muzehe
Giggs inama wabwiye wowe urumujyanama mwiza turaza gukorana , naho umushyitsi biriya abwira sibyo sinanabikora ndacyari muto sinajya kwiroha mubapfubuzi ntakiza cyabyo ntanubwo nzigera nkora icyocyaha kuko sinapfubye.
1.03.2012 saa 02:46
keza
Murihanganira inkuru yasohotse ivuga kuri vigority kuko uwatumwe kuyandika yayanditse yihuta ntiya nononsora neza igitekerezo cy'umwimerere. nk'uko bivugwa rero,abakundana badafite igihe cyo kurangiriza rimwe mugihe cy'imibonano mpuza bitsina, hari icyayi cyitwa vigority kigiye kujya ku isoko mugihe cy'ibyumweru bibiri, duhereye muri Supermarket ya la colombe i remera aho abagikeneye bazajya bishyura 3000frw bagatwara icyo cyayi nyuma bakazabwira abakunzi ba igihe.com uko bya bagendekeye. Gabriel NGENDABANGA email:rwandaflowers@gmail.com
29.02.2012 saa 14:11
Ir.NGENDABANGA Gabriel
ahari urukundo rwuzuye kurangiza k umugore bibaho kenshi bikanezeza bombi
29.02.2012 saa 03:39
kamateke AIME
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!