Mu rugendo rw’iminsi isaga icumi agirira mu bihugu byo muri Afurika, Hillary Clinton kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kanama, yatangarije abo muri Sudani y’Amajyepfo mu Murwa mu kuru wa Juba ko habaho ubwumvikane mu bihugu byombi bya Sudani.
Amakuru dukesha afrik.com avuga ko Umunyamabanga wa Leta y’Amerika yanagiranye ibiganiro na Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Amajyepfo hamwe na Minisitiri waho w’Ububanyi n’Amahanga Nhial Deng Nhial.
Ibiganiro byabo byagarutse ku bwumvikane bw’ibihugu byombi bya sudani y’amajyepfo na Sudani.
Yabwiye abanyamakuru ko ibihugu byombi bigomba gukora iyo bwabaga bigakemura ibibazo byabyo mu nzira ngufi hubahirizwa amasezerano.
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
DRC : Abarenga 20 bagwiriwe n’ikirombe
18.05.2013 |
|
Afurika y’Epfo : 23 bishwe no gusiramurwa bya gakondo mu cyumweru kimwe
17.05.2013 |
|
Nigeria : Polisi yafunze 3 bakekwaho gucuruza abana
16.05.2013 |
|
RDC : FDLR yayogoje abaturage
16.05.2013 |
|
Kenya : Imbere y’Inteko bigaragambije bakoresheje ingurube
14.05.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |