Iyi myitozo ikomatanyije yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya Ugushyingo yakozwe na diviziyo ya mbere y’Ingabo z’u Rwanda.
Habayeho n’umwanya aho Perezida Kagame yaganiriye n’abasirikare bakuru b’ingabo z’u Rwanda.
Mu mpanuro Umukuru w’Igihugu akunze guha abasirikare harimo kurangwa n’ubunyamwuga mu kazi kabo ko kurengera ubusugire bw’igihugu ndetse no kubahiriza indangagaciro ziranga umusirikare w’u Rwanda baharanira ku ba urugero rwiza mu bandi.









Amafoto: Village Urugwiro
TANGA IGITEKEREZO