IGIHE.com > Amakuru > U Rwanda

Perezida wa Benin arasura u Rwanda


Yanditswe kuya 16-01-2013 - Saa 09:24' na IGIHE

Perezida wa Benin Boni Yayi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Mutarama, aragirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda.

Amakuru atugeraho atangaza ko uru ruzinduko rumara umunsi umwe, ruri mu mubano ibihugu byombi bifitanye. Perezida w’u Rwanda aheruka muri Benin umwaka ushize mu kwezi kwa Gashyantare, ubwo bari mu nama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.

Benin ni igihugu kiri muri Afurika y’Uburengerazuba, gifite ubuso bwa Km2 112622, gituwe n’abaturage basaga Miliyoni icyenda. Ururimi rukoreshwa mu mategeko ni igifaransa na ho amafaranga akoreshwa muri icyo gihugu ni CFA. Perezida Boni Yayi yavutse mu 1952, ni Perezida wa Benin kuva kuwa 6 Mata 2006.

IBITEKEREZO
Abanyarwanda bagomba kugira umuco wo gukunda abashyitsi kandi urugo Rwiza n'urugendwa kandi rukagira n'inshuti,turamwakiriye mu Rwagasabo,hari ibyiza azigira mu Gihugu kandi natwe hari ibyo tuzamwigiraho. ikaze iwacu Irwanda
Musubize17.01.2013 saa 01:22
wisdom
Aje mu kibazo cya Congo tu.
Musubize16.01.2013 saa 12:50
Sheja
Uyu se azanye iki ??? cg arajyahe ???? uyu ukanaguzwa gutya ??? Tongo imeze nkurwanda mu 1945. Naze bamuhe umunyigi nebinyebwa !!!
Musubize16.01.2013 saa 10:22
js
yahitiye rusizi se ko ariho perezida yakoreye uruzinduko rwe ?mumbwire cg nicyo bita visite eclair !!bakaba babonanye iminota micye mbere yuko ajya rusizi
Musubize16.01.2013 saa 08:15
kalisa
ikintu iyo arikiza aba arikiza uyu muntu wanditse iyi nkuru yayanditse neza ! uwo ariwe ?ikimugenza ?aho ava ? igihe azamara( precise and clear) nabera ibindi biba aribirebire biteye ubute
Musubize16.01.2013 saa 08:14
rukanika
Harya ngo aragenzwa n'iki ? Ko African Union yabaye nk'isoko ritaremye niryo wibaza niba icyo kibanza nta kindi cyamara ! Gufata responsibility ku bibazo bya Africa byarabananiye ni ukwirirwa mu ngendo n'amanama atwara akayabo nta kindi. Ubundi ngo "papa, mwadufashije". Birababaje !
Musubize16.01.2013 saa 07:59
Mahoro Jack
zefhezjfezh vfdvdfs
Musubize16.01.2013 saa 03:15
Ronaldo
Boni yayi ni presida wa Benin ariko ni na Presida w'Ubumwe bwa Afrika (African Union) ...
Musubize16.01.2013 saa 03:01
Afrika
Uyu mugabo ni umuhanga we....aravuga zigata inyana kabisa, kandi abaturajye be ntibazi ikitwa intambara kuva icyo gihugu cyabaho................!Twari dukwiye kugira icyo twigira kuri kiriya gihugu mubijyanye no kubana neza ; n'ubwo bifitiye ubucyene rwose ariko ntibaryana.
Musubize16.01.2013 saa 02:44
muhire
....and he is the Boss of AU (African Union).
Musubize16.01.2013 saa 02:25
Mugasa
nibaze bafate amasomo !
Musubize16.01.2013 saa 02:25
######
Bavandimwe b igihe mwatubariza niba kumurongo wa net Tv y urwanda ntitukiyibona twe abataba mu Rwanda.
Musubize16.01.2013 saa 02:21
net
Uyu mugabo mbona ameze nk'umunyapolitiki koko ! Ntupfa kumenya aho ahagaze ! Iyo abafaransa badafata icyemezo cyo kujya kurwanya ziriya nyeshyamba zo muri Mali, ubanza we n'umuryango ayoboye nta cyemezo bari gufata ! Perezida Kagame areba kure ! Uko yavuze bariya baperezida niko bari rwose ! Ni abo kwirirwa bavuga ngo Papa, Papa !
Musubize16.01.2013 saa 02:00
Gatera

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!