IGIHE.com > Amakuru > U Rwanda

Umunsi Mpuzamahanga w’ibidukikije

Yashyizweho kuya 13-07-2012 - Saa 10:18' na Olivier Muhirwa
Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije wizihizwa buri mwaka tariki ya 05 Kamena . Uwo munsi washyizweho n’ Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 1972, akaba ari imwe mu nzira uwo muryango wifashisha mu gushishikariza isi yose kwita ku bidukikije hitawe cyane cyane ku bafata ibyemezo. Buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije. Kuri uwo munsi hasozwa kandi Icyumweru cyahariwe Kwita ku Bidukikije mu Rwanda. Icyo cyumweru kirangwa ahanini n’ibikorwa bigamije gukangurira Abaturarwanda kwitabira kurengera, guteza imbere no kubungabunga ibidukikije kimwe mu bikorwa bizatugeza ku majyambere arambye. Iyi cyumeru ndetse n’uwo munsi byabereye mu bice bitandukanye by’Igihugu.
IBITEKEREZO
iyo nintambge nziza mubuzima twahawe,ninishema kwambika ici,mumashusho menshi,argyoheye amaso..ndetse nibihumeka byose mukwinezeza mukobyaremwe,nibyotwiremera bigatungaywa.bigapangwaneza-isi ikongera igasa nuko yariri mugihe cha edeni....
Nyakubahwa KAMANZI iyo shati rwose ! dukunze kuyibona cyane.
Musubize 18.07.2012 saa 14:59
papy
Ndabona Kamanzi yari yakanyutse bihagije da, sinari nzi ko ajya ahimbarwa bene aka kageni...
Musubize 17.07.2012 saa 00:56
Musabwase
hahahahahaha
17.07.2012 saa 13:42
gitwenge
Byabereye i Rubavu mu Ntara y'Uburengerazuba,ahatashywe umudugudu wa Karukogo hakanatahwa umusozi wa Rubavu wongeye gusanwa nyuma yo kwangizwa n'ibikorwa bya muntu.
Musubize 16.07.2012 saa 02:32
Ibidukikije
Uyu mudugudu wa karukogo ndetse n'uwa Kaanembwe niyo yatujweho imiryango irenga 1200 yimuwe kuri rubavu aho bahoraga bibasiwe n'inkangu ndetse bamwe bakanahasiga ubuzima.
16.07.2012 saa 07:35
ibidukikije
Ko ntakurikiye neza amakuru ibi birori byabereye he ?
Musubize 13.07.2012 saa 07:33
adar

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!