IGIHE.com > Amakuru > U Rwanda

Uruzinduko rwa Kagame na Clinton i Burasirazuba

Yashyizweho kuya 20-07-2012 - Saa 09:02' na Marie Chantal Nyirabera
Perezida Paul Kagame n’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Bill Clinton ari kumwe n’umukobwa we w’ikinege Chelsea Clinton, kuri uyu wa kane Tariki ya 19 Nyakanga basuye uruganda rutunganya soya rwitwa Mount Meru Soyco Ltd ruherereye mu Karere ka Kayonza, banasura ibikorwa by’ iterambere mu mudugudu w’ Icyitegererezo i Nyarutovu, hamwe n’ abanyeshuri biga ubuganga mu mashami y’ ubuforomo n’ ububyaza i Rwamagana. Foto:Village Urugwiro
IBITEKEREZO
Birenze uruvugiro !! Perezida wacu yafunguye amarembo y'u Rwanda. Kuko bariya bose baza kurusura ntabwi bizana, bafite gikurura. Nta kindi rero twakora, uretse gushimira kiyongozi wacu !!! Rurema amudukomereze ariko natwe tumutere ingabo mu bitugu, kuko aratwubakira ejo hazaza heza, natwe rero twoye kuzamuca intege !!!
Musubize 20.07.2012 saa 03:25
M. Michel

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!