barase bya ikiremwa muntu koko burya ngo isoni zi risha uburozi si nzi niba ari inzara itugezemo dugenge kukoturimubihe byanyuma murakoze
Ntakibazo ubwo babaciye IHAZABU naringize ngo babaciye IZAHABU. ihazabu ubwo zaba zihwanye n'imbwa zingahe bazishyura izo bariye ?
Ahaaa ! Abanyarwanda dufite ibibazo peeee ; ubwo hari n'abasigaye barya imbwa natwe bazaturya ndumva barabaye ibisimba.
Nuko mutajya mugenda mubindi bihugu, Inzoka< imbwa, Inkende izo inyama kabisa,
Ministiri wubuzima dutangarize niba kurya imbwa ari ikosa . ubu se kurya imbwa no kurongorana nuwo muhuje igitsina ufite ikosa ninde ? ibi byose nimyumvire ikiri hasi . isahane yimbwa irahenda.
Birababaje nukuri mu muco nyarwanda kurya imbwa kirazira,intore ntiganya yishakira igisubizo,abanyarwanda dukwiye gukura amaboko mu mifuka tugakora.kiriya cyaha nicyo gutesha igihugu cyacu agaciro ibi ntibizongere.
sibyiza kurya imbwa kuko uwo wanga umutuka ngo karye imbwa
27.02.2012 saa 02:50
Evase
Erega wa mugani kurya imvange ni ingenzi ! Gusa mwabatesheje agaciro kuba mwashize amafoto yabo hano. Ugeze muri Congo, wasanga bafite principe ivuga ngo ''nyama ni nyama'' ;ushobora kuba ufite imbwa 1 bakaguha ihene 2.Mureke birire, abandi badutanze kumenya ibiryoshye na bo kabaryoheye.Gusa ikosa bakoze n'uko bibye ; niryo bakwiye guhanirwa.
Ahaaa !birababaje gusa ndikumva ihazabu babaciye arinke n'Umuryango nyarwanda nubakwiye .bakabije gukora ishyano
Njye sinemeranya n'umuntu uvuga ko abariye imbwa nabo ari zo.
none se we nimba arya ihene nawe nabanze yemere ko ari yo abo nabo baraba ari im bwa.
24.02.2012 saa 05:49
DAVID
REKA AYOMANDE MWABACIYE.MWARENJYEREYE,UBWOSEWOWE IYO UBONA UMUNTU ATINYUKA AKAJYA IMBWA WE SIMBWA MUZINDI,BAZAJURIRE.KUKO UKO NUKWIFUZA.YEGO BARAHEMUTSE.ARIKO NIMUGERERANYE.HARIHENE CYANGWA IMBWA,MURWANDA BIGURA FRW 200000 BITARI INZUNGU.IBYO NUGUKABYA.
Mureke twe gutangazwa n'abariye imbwa, ahubwo turebe icyabibateye. Analyses zanjye ziragwa ku bintu bibiri :
1. Kuba hari icyo bihamura.
Mu muco wacu mwese muziko hari abantu bakunda kugendera kubintu nakwita nk'indagu. Ngo ugize atya bigenda bitya. Akenshi ntawe ubikora ari ukugirango ubuzima bye bumererwe nabi. Ahubwo usanga nubwo biba nta kuri kurimo, aba ari ubutyo umuntu ufite ikibazo aba agerageza kugshakira igisubizo. Aha natanga urugero ry'ubusambayi bwinshi bukorerwa abana bato ngo bavura SIDA. Ese baba baziriye bivura cyangwa bizeye kugera kuko ? Ababakurikirana mwirinde kubahutaza ahubwo mubabaze neza.
2. Kuba bari bakeneye by'ukuri ibyo kurya.
Ibi biratangaje mu muco wacu kuba umuntu yariye imbwa. Mu yindi mico ( ubushimwa, Congo, West-africa,..) inyama y'imbwa ifatwa nk'izizndi nyama zose. Mbanze nisegure aha sinfatse kuvuga ko ubwo ahandi ziribwa n'iwacu byakaye gutyo. Kurya niyo ''need'' ya mbere umuntu wese agira mbere y'ibindi. Abibuka ibyo ku shuri ni '' physiological need'' muri Maslow's hierarchy of needs. None aho abo bantu aho ntibariye imbwa kubera kubura ibyo barya ? Babayeho bate ? Babanye bate n'abandi ? Hari igihe wageramo nyamara ukabura ibyo urya burundu, ugafata ikikuri hafi. Ibyo byose ni ibyo kureba mbere yo kubacira urubanza. Uko byagenda kose impanvu yabibateye ni imwe muri izi ebyiri nvuze kandi zose ziganisha ku gushakisah imibereho. None se ko amande baciwe ahambaye, niba koko ntako bamerewe noneho barasigara bate ? Ibi byose ni ibibazo by'ubuzima bwo mu mutwe bw'aba bantu butameze neza bwatumye nubwo baba bafite ikibazo batabasha gushaka uburyo bwo kugikemura buri ''common'', kubahana no kubaha akato bishobora noneho kubatera ibindi bibazo birenze ibi bakoze. Mubegere mubunve kuko ''Ntakabura invano.''
eka bariye imbwa bari bakwiye kubareka. ndumva benda gusara !
KANDI WASANGA BACIWE AMAFARANGA ANGANA UKU IYO MBWA YARI INYARWANDA KANDI UWAKARIYE IMBWA YAKARIYE INZUNGU UBUSE IYO IZA KUBA INZUNGU BACIBWAGA ANGAHE !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Nukuri tubirwanyije bakiri kare byaba byiza. nubwo handitse ngo abagabo njye ndabona arurubyiruko none se nibamara kuba abagabo mungo zabo !!!! ntibazarya imbwa na ba shebuja !!!!!!!! nyamara abo ba jeune ndumva bajyanwa i wawa bagatozwa umuco na kirazira
Aba bunzi ntabwo bakwiriye aka kazi ko kunga. Kwiba imbwa 2 n'ihene 1 ntabwo byarihishwa 1,000,000 Rwf. Kurya imbwa byo dusanzwe tuzirya kuko i musanze (Ruhengeri) hari uwigeze gufatwa yajyaga azitugurisha tutabizi. Zari ziryoshye pee !!! namwe muzaryeho mwumve. Umuco wo twarawutaye, abobireba bafate izindi ngamba zo kugarura umuco gakondo. Muryoherwe kabisa !!!
OYA REKA MMBABAZE IKIRO CY'INYAMA MUMUG IWA KIGALI KIGURA ANGAHE ? 2400FRW NONESE KO NYABUGOGO UGURA ISAMBUSA EBYIRI NINI KURI 50 IZO NYAMA BABA BAZIGUZEHE ? AHAAAAAAAA REKA NIGENDERE RESTOURA YO KWAAAA BABAGA IHENE RIMWE MUCYUMWERU URUHU BAKARUSHIRA MU CYOKEZO NIGIHANGA ARIKO INYAMA BATEKA NTABWO WAMENYA AHO BAZIKURA KUKO UBONA IYO HENE IMANITSE KUGEZA SAACYEENDE ARIKO SAAKUMINEBYIRI UBONA NKIHENE 6 ZIMANITSE UKIBAZA AHO YAZIGURIYE BIKAKUYOBERA TWESSE TWARAZIRIYE TUTABIZI
hahaha !ubwose nibwo mukibimenya jyewe nzi umusore witwa munyengango uba ku ntaraga arabanza mbere yo kurya izo mbwa akabanza akazirongora we niho atandukaniye nabandi,jye nariye kumbwa yitekeye we ubwe ayivanye kwa mugisha Egide,twariya nizindi mbwa ebyiri zo kwa Hakizayezu kanjict mu Ruturusu,namwe muravuga,ibyo bavuze ko bariya bantu basigaye basa nkazo jye ndabyemera kuko uwo munyengango yatangiye kurwara imbaragasa kandi aroga pe agira nisuku.iri ni ishyano
imbwa ziragaatoye kabisa ubwo bigeze hariya wasanga hari benshi bazirya bataramenyekana. ehe abaharanira uburenganzira bwinyamanswa muhaguruke, abanyabugesera bagiye gusimbura amashinwa. hahahahahahah cyokora ibi birsnsekeje pe !!!!!!!!!!
Gutukana nta gaciro burya biha abanyarwanda.Bariya bantu ikibazo si urya imbwa kuko n'ubwo ntari umunyamategeko nta tegeko ry'Urwanda rihana abariye imbwa ,ahubwo ikibazo ni ukurya ibitari ibyawe kand ibyibwe .Nibahanirwe ubujura naho ibindi birabareba n'ubwo bibangamye !