Ahabanza Amakuru Abo turibo Amamaza Twandikire Umuryango Mail
[map]:You are here>>Home page>>>>News
MuzikaUrwenyaIbiroriSinemaHanze

News posted in this group

Your search has returned 30 results. Showing 30 of all
Page:1 | | 2 | | 3 |

« Rwanda Film Culture Troup » yafunguwe ku mugaragaro muri RTUC

posted on Aug , 31 2010 at 12H 46min 18 sec
Ni kuri iki cyumweru taliki ya 29.08.2010 ku ishuli rikuru ryigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo RTUC riri mu karere ka Kicukiro ubwo hafungurwaga Itsinda ryiswe « Rwanda Film  ...   ibikurikira
facebook
 

Nyuma ya RAMBO na ROCKY, Sylvester Stallone agarutse muri «The Expendables»

posted on Aug , 23 2010 at 11H 40min 45 sec
Nyuma ya film ze z'imirwano zagiye zica agahigo kuva mu myaka ya 1980, umukinnyi ukomeye wa Film akaba n’umwe mu bazikora (réalisateur) uzwi cyane ku isi, Sylvester Stallone, ...   ibikurikira
facebook
 

Film ya mbere mu irushanwa ryo gukora films muri Kaminuza Nkuru y 'u Rwanda yamenyekanye

posted on Aug , 08 2010 at 01H 39min 22 sec
“A Day in the Life of NUR Student”,Film yambere mu irushanwa ryabereye muri Kaminuza ya Butare Kuri uyu wa Gatandatu, muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda i Butare mu Karere ka Huye ...   ibikurikira
facebook
 

Rwanda Cinema Centre yatangije Rwanda Film Festival y 'uyu mwaka

posted on Jul , 17 2010 at 03H 46min 02 sec
Kuri Hotel Serena, kuri uyu wa gatanu tariki 16 Nyakanga, ahagana mu masaha ya saa moya z’umugoroba, Rwanda Cinema Centre yatangiye igikorwa “Rwanda Film Festival” kizamara igihe ...   ibikurikira
facebook
 

‘The Social Network’, film ikomeje kuvugisha benshi mbere y’isohoka ryayo

posted on Jul , 11 2010 at 02H 17min 33 sec
Festival ya Film ya New York izaba mu mezi abiri ari imbere, ariko nk’uko bikomeje kugarukwaho n’itangazamakuru mpuzamahanga, film izaba ihanzweho amaso kurusha izindi ni iyitwa ...   ibikurikira
facebook
 

Umuryango One Minutes Junior Fondation na UNICEF bahuguye urubyiruko ku buryo bwo gutanga ibitekerezo mu mashusho (filmmaking)

posted on Jun , 16 2010 at 07H 09min 59 sec
Urubyiruko rw’abakobwa n’abahungu bagera kuri 15, abahungu 11 n’abakobwa 4 nibo bamaze iminsi 5 mu nyigisho zo gufata amashusho ku buryo bugezweho kandi hakoreshejwe ibikoresho ...   ibikurikira
facebook
 

Bamwe mu bakinnyi b'amafilime y'igihinde bakomeye muri iki gihe

posted on Jun , 09 2010 at 09H 58min 46 sec
Kuva mu mpera ya za 1980, filime z'igihinde zaramamaye cyane mu Rwanda kugeza n'ubu. Abakinnyi b'amafilime nka Amitabh Bachchan, Mithun Chakraborty (Jimmy), Anil Kapoor, Hema ...   ibikurikira
facebook
 

Film Star in Love (Ni Wowe nkunda) iri kubica bigacika muri box office nyarwanda !

posted on Jun , 08 2010 at 05H 36min 31 sec
Nyuma yo kwerekanwa bwa mbere muri Top Tower ndetse no muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu kwezi kwa gatatu, mu rwego rwo kwerekana version yayo ya mbere, ubu version ivuguruye iri ...   ibikurikira
facebook
 

Nyuma y ‘irangira ry’ama series 24 na Lost, Heroes nayo yarasojwe

posted on Jun , 02 2010 at 03H 29min 51 sec
Nyuma y'irangira ry’ama series 24 na Lost, serie ikunzwe cyane ya Heroes nayo ntizagera kuri saison ya 5 yari itegerejwe na benshi, bikaba bivuze ko izagarukira ku ma episodes 78 ...   ibikurikira
facebook
 

Don Cheadle wakinnye film ‘Hotel Rwanda’ yagizwe ambasaderi wa Loni ushinzwe ibidukikije

posted on May , 11 2010 at 10H 23min 28 sec
Umukinnyi wa film Umunyamerika Don Cheadle wakinnye ari umukinnyi w’imena muri film yiswe ‘Hotel Rwanda’ yagizwe amabasaderi wa Loni ushinzwe ibidukikije (UN Goodwill Ambassador ...   ibikurikira
facebook
 

Filimi Nyarwanda GIBRALTAR igiye gusohoka mu minsi ya vuba!

posted on May , 10 2010 at 03H 54min 23 sec
Bimaze kumenyekana ko mu Rwanda hari abahanzi benshi mu rwego rwa Sinema basigaye bakora amafilimi atandukanye kandi meza. Muri iyi minsi rero hari indi filimi yari ...   ibikurikira
facebook
 

Dady De Maximo yasinye amasezerano n’umufaransa uzamufasha gukora dessin animé ya film ‘By The Short Cut’

posted on May , 07 2010 at 12H 22min 02 sec
Nyuma yo gufata indege yerekeza mu bihugu by’Uburayi aho yagiye kwerekana film ye ‘By The Short Cut’, Dady De Maximo mu ntangiriro z’iki cyumweru yasinyanye amasezerano ...   ibikurikira
facebook
 

Shanel: ‘Le Jour ou Dieu est parti en Voyage’ iri kwerekanwa hirya no hino mu Bubiligi

posted on May , 04 2010 at 11H 58min 49 sec
Nyuma y’uko irangiza kwerekanwa muri Festival ya Sinema yabereye …mu gihugu cya Espagne, film ‘Le Jour ou Dieu est parti en Voyage’ ya Shanel izashyirwa ahagaragara mu gihugu ...   ibikurikira
facebook
 

Dady De Maximo n'itsinda ayoboye berekeje mu Burayi kwerekana Film 'By The Shortcut'

posted on May , 02 2010 at 03H 21min 12 sec
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, Dady De Maximo Mwicira Mitali ari kumwe n’abagize igice gishinzwe kurwanya Jenoside muri DADMAX Agence, bahagurutse I Kigali n’indege SN ...   ibikurikira
facebook
 

Shanel arerekeza muri Espagne n’Ububiligi muri Festival ya Film

posted on Apr , 25 2010 at 11H 22min 46 sec
Kuri icyi cyumweru Shanel arafata indege yerekeza ahitwa Bilbao muri Espagne aho yatumiwe muri festival ya film yiswe San Sebastian Human Rights Film Festival. Mu ...   ibikurikira
facebook
 

Carla Bruni Sarkozy, umufasha wa Perezida w‘Ubufaransa, ajyiye gukina muri film y’umunyamerika

posted on Apr , 24 2010 at 03H 52min 53 sec
Carla Bruni Sarkozy, Umufasha wa Perezida w’Ubufaransa Nicolas Sarkozy, azakina muri film itaha y’Umunyamerika Woody Allen yiswe ‘Minuit a Paris’, film azakinana na Marion ...   ibikurikira
facebook
 

Ikinwa rya film nshya ya James Bond ryabaye risubitswe

posted on Apr , 21 2010 at 10H 43min 16 sec
Abashinzwe gukora no gushyira aghagaragara serie ikunzwe cyane ya james Bond kuri uyu wa kabiri tariki 20/4/2010 batangaje ko film yari yaratangiye gukinwa uyu mwaka ikaba yari ...   ibikurikira
facebook
 

Kurangira kwa serie 24 kwateye ibibazo abakinnyi bayo

posted on Apr , 21 2010 at 05H 55min 12 sec
Keifer Sutherland wakinaga ari Jack Bauer yagombye kurwana n’amarira ubwo bakoraga agace ka nyuma ka 24 mu cyumweru gishize, kurangira kw'iyi show bikaba biri kugora ...   ibikurikira
facebook
 

TUMENYE BOLLYWOOD, IWABO W’ IGIHINDE

posted on Apr , 20 2010 at 10H 21min 31 sec
Filime z’igihinde zirakundwa, cyane cyane iwacu muri Afrika. Abato, abakuru, abagabo n’abagore bakunda ibiba bikinwa muri izi filimi, akaba ari ngombwa kubimenya ...   ibikurikira
facebook
 

24H Chrono irangiranye na Saison ya 8 !

posted on Apr , 18 2010 at 03H 40min 41 sec
Iyi ni nkuru idashimishije na gato abakunzi ba Filimi 24H Chrono ndetse na Jack Bauer(Uretse ko bene ziriya inaha twita Series , muri America ho bazita TV ...   ibikurikira
facebook
 

Film “Amapingu y’urukundo” iri hafi kugera ahagaragara

posted on Apr , 17 2010 at 11H 23min 42 sec
Film yiswe “Amapingu y’urukundo” ni film igaragaza ishusho nyayo y’ubuzima butandukanye bwa sosiyete nyarwanda, yagiye irangwamo amacakubiri n’ihezwa rishingiye ku moko, ...   ibikurikira
facebook
 

Stallone, Schwarznegger, Willis, jet Li muri film The Expendables

posted on Apr , 02 2010 at 04H 01min 14 sec
Muri iyi minsi nta kindi kiri kuvugwa uretse film nshya ya Silvester Stallone (Rambo) izaba yitwa The Expendables. Igitangaza kizaba kirimo ni uko izahuriramo abantiu benshi bazwi ...   ibikurikira
facebook
 

Tumwe mu dukosa twagiye tugaragara mu mafilm yamamaye ku isi

posted on Apr , 01 2010 at 12H 55min 46 sec
Burya abenshi mu bakunzi b’ama filimi ntibayareba kimwe. Hari abazireba bakurikirana inyigisho zirimo, hari abareba uko imirwano irimo ibaryoheye, ndetse hari n’ababa barajwe ...   ibikurikira
facebook
 

Amwe mu mateka y'umukinnyi w'amafilm Jennifer Aniston

posted on Mar , 31 2010 at 03H 13min 52 sec
Jennifer Anastasakis yavutse tariki ya 11 gashyantare 1969 muri Californie. Avuka ku bakinnyi b’amafilm John Anastasakis (bivuga Aniston) na Nancy Dow, Jennifer Aniston ...   ibikurikira
facebook
 

« Lignes de front » : umunyamakuru mu mutima wa Jenoside yabereye mu Rwanda

posted on Mar , 30 2010 at 11H 40min 07 sec
Mu 1994, Jenoside yibasiye abatutsi mu Rwanda ihitana miliyoni irenga amahanga yose arebera. Jean Christophe Klotz, uwigeze gukora film yo mu bwoko bw’ikiganiro ...   ibikurikira
facebook
 

Film 'Why me?' igice cya kabiri yageze ahagaragara

posted on Mar , 30 2010 at 07H 51min 52 sec
'WHY ME?' Igice cya kabiri ni film ije ikurikira igice cyayo cya mbere yasohotse mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2009. Iyo film yarebwe n’abantu benshi ku buryo na televiziyo y’u ...   ibikurikira
facebook
 

BIZIMANA Théogène:umuproducteur w’amafilm utanga ikizere cy’ejo hazaza

posted on Mar , 14 2010 at 05H 23min 15 sec
Muri iyi minsi birazwi ko mu Rwanda uruganda (industry) rw’amafilm ruri kugenda rutera imbere. Ibyo tubihamya duhereye ku bintu byinshi bimaze kugerwaho muri urwo rwego, ni ...   ibikurikira
facebook
 

Kathryn Bigelow yaciye agahigo muri Oscars Awards 2010

posted on Mar , 08 2010 at 09H 36min 43 sec
Kathryn Bigelow yabaye umutegarugori wa mbere mu mateka ubonye igihembo cya Oscar cy’umuyobozi wa film (meilleur réalisateur/ best director) witwaye neza kurusha abandi, iki ...   ibikurikira
facebook
 

Film "Ni wowe nkunda" yerekanywe bwa mbere ku mugaragaro muri Top Tower Hotel

posted on Mar , 07 2010 at 12H 21min 06 sec
Ku mugoroba wo kw’italiki ya 06.03.2010 kuri Top Tower Hotel nibwo herekanywe bwa mbere film yiswe "Ni Wowe Nkunda", iyi film nshya ikaba yaranditswe inatunganwa na Jean ...   ibikurikira
facebook
 

Amatariki y'isohoka rya film 'Star In Love' yamenyekanye!

posted on Feb , 25 2010 at 09H 30min 32 sec
Noneho amatariki nyayo yamenyekanye! Ya film mwari mumaze iminsi mutegereje, dore ko ari iya mbere mu Rwanda igiye kuvanga sinema na muzika, izasohoka bwa mbere tariki ya ...   ibikurikira
facebook
 
Page:1 | | 2 | | 3 |
Copyright © 2009 - 2010 - IGIHE Ltd - All Rights Reserved
Ibyerekeye iyubahirizwa ry’ubuzima bwite (Privacy policy) | Uburyo bw'imikoreshereze (Terms of use)
Our blog : http://blog.igihe.com