| Page:1 | | 2 | | 3 | | 4 | | 5 | | 6 | |
|
| posted on Sep , 04 2010 at 11H 27min 13 sec
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu mu nzu y’imyidagaduro ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda habereye defile de mode yiswe Campus Fashion Show, aho abakobwa n’abahungu b’indobanure ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Sep , 03 2010 at 08H 12min 10 sec
Mu mugoroba w’uyu wa Gatanu tariki 3 Nzeli, mu nzu y’imyidagaduro ya Kamunuza Nkuru y’u Rwanda, Grand Audi, hateganyijwe defile de mode idasanzwe yiswe Campus ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Sep , 02 2010 at 08H 46min 41 sec
Uwitwa Kagimu Derick yari umukozi wa Radio Flash Fm ushinzwe ibijyanye na masoko (Marketing Manager) naho Ellewell Allisson yahakoraga yimenyereza umwuga ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Sep , 01 2010 at 01H 06min 52 sec
Hari ku cyumweru taliki ya 29.08.2010 mu masaha ashyira saa tanu za nijoro ubwo Mike yasohokaga muri Studio arangije ikiganiro Sunday Night akorana na bagenzi be Sandrine(nawe ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 31 2010 at 01H 30min 37 sec
Abahanzi b’i Muhanga babyinnye intsinzi y’uwari umukandida wa FPR-Inkotanyi mu matora yo ku wa 9 kanama 2010 Paul KAGAME, iki gitaramo cyo kubyishimira hamwe n’abandi bahanzi batandukanye ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 30 2010 at 12H 39min 32 sec
Mu ijoro ryo kuwa gatanu ahagana mu saa moya muri Greenland Hotel hari hatangiye umuhango wo gutora Miss na Mister UPU 2010, icyo gitaramo cyatangijwe n'indirimbo z’abahanzi ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 24 2010 at 09H 22min 11 sec
Mutara Polytechnic ni Kaminuza iherereye mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Nyagatare, ku nshuro ya mbere kuva mu myaka ine ishize ishinzwe, igiye kwitorera umukobwa ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 23 2010 at 04H 59min 23 sec
Iki gitaramo cyateguwe n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru Sikzzy cyari giteganijwe gutangira saa munani ariko cyatangiye saa 15h30. Ibirori byatangijwe na MC Lil ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 23 2010 at 03H 33min 27 sec
Biciye mu kiganiro Sunday Night gitambuka ku radio Isango hakozwe urutonde rukorwa n’itsinda ry’ abanyamakuru batangaza amakuru ku myidagaduro (Showbiz) . Byumvikane neza ko ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 22 2010 at 03H 20min 33 sec
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 21 Kanama 2010 kuri Petit stade i Remera hari hateraniye urubyiruko rwinshi ahanini rwo muri uyu Mugi wa Kigali, rukaba rwari rwaje ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 21 2010 at 07H 00min 10 sec
Abantu batari bake bari bamaze iminsi biteguye guseka bagatembagara ngo bagataha imbavu bazitwaye mu ntoki, umunsi rero washyize uragera; ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 20 2010 at 03H 52min 59 sec
RUSARO Anaella ni umuhanzikazi ufite imyaka 20 y’amavuko, akaba aririmba indirimbo z’Imana (Gospel) akazikora mu njyana ya Hip Hop.
Iyi nama yabereye kuri restaurant ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 18 2010 at 02H 06min 32 sec
Kuri uyu wa Gatanu itorero 'Stars du Theatre' ryateguye igitaramo cyo gusetsa; iki gitaramo kikaba kizabera mu nzu nini y’imyidagaduro ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (Grand ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 16 2010 at 08H 42min 38 sec
Muri iki gihe mu Rwanda hagenda hagaragara amarushanwa y’ubwiza menshi, cyane cyane muri za Kaminuza n’ibigo bimwe na bimwe by’amashuri yisumbuye. Ibi bituma ubwiza n’umuco ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 14 2010 at 02H 25min 03 sec
Nyuma y’iminsi myinshi gitegerejwe, igitaramo cyo gusohora ku mugaragaro album 'Gatebe Gatoki' ya Urban Boyz cyashyize kiraba kuri uyu wa Gatanu tariki 13/8/2010. Iyo groupe yo ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 12 2010 at 07H 46min 02 sec
Ntibyoroshye habe na mba kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 13/08/10 muri Auditorium ya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda aho abasore bagize Itsinda Urban Boys bari bube bashyira ahagaragara ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 11 2010 at 05H 44min 21 sec
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira uwa Kabiri, abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ibihumbi n’ibihumbi bahuriye kuri Stade Amahoro mu rwego rwo gutegereza ibyari buve mu matora ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 08 2010 at 10H 24min 52 sec
Kuri uyu mugoroba wo kuwa 07 Kanama kuri Piscine/Pool ya Hotel des Milles Collines hasorejwe igikorwa tumaze iminsi tubagezaho cyiswe Rwanda Fashion Festival herekanwa imyambaro ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 05 2010 at 07H 21min 24 sec
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 04 Kanama, ibirori bya Fashion Show byakomereje mw’igorofa rya 8 rya Top Tower nk’uko twari twabibagejejeho mu nkuru yacu ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 05 2010 at 05H 16min 11 sec
Mu gikorwa cya United We Stand cyateguwe na Minisiteri y'Umuco na Siporo, hari kuba amarushanwa atandukanye ahuza amakipe ane ya mbere muri Shampiyona ariyo APR, Etincelles, ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 03 2010 at 08H 22min 26 sec
Ni kuri uyu wa mbere taliki ya 03 Kanama 2010 mu masaha ya nimugoroba ubwo kuri Petit Stade hatangizwaga ibirori byiswe Rwanda Fashion Festival , iyi ikaba ari inshuro ya mbere ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 02 2010 at 07H 35min 24 sec
Mu rwego rwo gukangurira Abanyarwanda gutora batuje, umuhanzi Kizito Mihigo afatanyije n’abahanzi batandukanye ba hano mu gihugu bakoze igitaramo, kibera kuri Hotel Serena, mu ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Aug , 01 2010 at 03H 27min 51 sec
Iserukiramuco nyafurika ry’imbyino FESPAD ryaberaga hano mu Rwanda kuva tariki 24 Nyakanga ryaraye rigeze ku musozo waryo nyuma y’igihe kirenze icyumweru ryari rimaze ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 31 2010 at 01H 34min 03 sec
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Nyakanga ku Kacyiru kuri Goethe Institute habereye igitaramo k’imbyino zizwi ku izina rya Danse Contemporaine.
Icyo ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 31 2010 at 06H 28min 35 sec
Iserukiramuco nyafurika ry’imbyino riri kubera mu Rwanda ririmo rirasatira umusozo waryo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 30 Nyakanga, habaye ibirori byiswe Jungle ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 29 2010 at 12H 12min 14 sec
Mu kiganiro twagiranye n’umuhanzi Kizito Mihigo kuri telefone, dore ko muri iyi munsi ari mu Rwanda muri gahunda za FESPAD, yadutangarije ko yateguye igitaramo cy’akataraboneka, ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 29 2010 at 03H 41min 05 sec
Igitaramo cyiswe 'Soirée de Gala' cyo gushimira abafatanyabikorwa b'Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Iterambere (RDB) bakomeje kugira uruhare mu migendekere myiza ya FESPAD, ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 27 2010 at 03H 34min 47 sec
Iri serukiramuco nyafurika ry'imbyino ririmo ribera mu Rwanda ku nshuro yaryo ya karindwi, ku munsi waryo wa gatatu abantu bifuza kumenya kubyina imbyino nk'ikinyarwanda, Hip ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 25 2010 at 08H 41min 17 sec
Kizigenza mu bahimbyi b’imideri mu Rwanda, Dady De Maximo Mwicira Mitali, ari gutegura Festival yise “Rwanda Fashion Festival”, izabera mu Rwanda ku nshuro yayo ya mbere, guhera ... ibikurikira |
 |
| |
|
| posted on Jul , 25 2010 at 05H 33min 19 sec
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 24/7/2010 nibwo Iserukiramuco Nyafurika ry'Imbyino (Festival Panafricain de la Danse) ku nshuro ya karindwi ryatangiye ku mugaragaro ... ibikurikira |
 |
| |
| Page:1 | | 2 | | 3 | | 4 | | 5 | | 6 | |