IGIHE.com > Imikino > Football
Amakipe yo mu Bwongereza akomeje kwandagazwa n’ayo mu  Butaliyani PRINT VISITS : 15336 COMMENTS: 2 

Amakipe yo mu Bwongereza akomeje kwandagazwa n’ayo mu Butaliyani


Yanditswe kuya 22-02-2012 - Saa 16:44' na Egide MUGISHA

Mu mikino ya UEFA Champions league uyu mwaka bikomeje kugaragara ko amakipe yo mu gihugu cy’ u Butaliyani akomeje gushobora amakipe yo mu Bwongereza.

Nyuma y’aho Ikipe ya AC Milan yo mu Butaliyani yandagaje ikipe ya Arsenal ikayitsinda ibitego 4-0 mu mukino ubanza wa 1/8 cyirangiza, icyakurikiyeho ni Chelsea yandagajwe na Napoli ku bitego 3-1 mu mukino ubanza wa 1/8 cyirangiza muri UEFA Champions league.

Uko imikino ibanza ya 1/8 ya UEFA Champions league yagenze

-  AC Milan 4-0 Arsenal

-  Lyon 1-0 APOEL Nicosie

-  Bayer Leverkusen 1-3 FC Barcelone

-  Zenith St. Petersburg 3-2 Benefica

-  CSKA Moscow 1 - 1 Real Madrid

-  Napoli 3 - 1 Chelsea

Imikino itegerejwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2012.

-  Basel  ? - ? Bayern Munich

-  Marseille  ? - ? Inter Milan

Amakipe y’i Manchester akomeje urugendo muri Europa

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare ikipe ya Manchester city irakira ikipe ya FC Porto mu mukino wo kwishyura aho mu mukino ubanza Man City yari yatsinze 2-1 muri Portugal.

Kuwa Kane tariki ya 23 Gashyantare 2012 hateganyijwe imikino myinshi, utegerejwe na benshi Manchester United irakira Ajax Amsterdam, mu mukino ubanza Man U yari yatsinze Ajax 2-0.

Kuwa Kane tariki ya 23 Gashyantare 2012

-  Athletic Bilbao na Lokomotiv Moscow

-  Club Brugge na Hannover

-  FC Twente Enschede na Steaua Bucuresti

-  PAOK Saloniki na Udinese

-  PSV Eindhoven na Trabzonspor

-  Standard Liege na Wisla Krakow

-  Valencia na Stoke C.

-  Anderlecht na AZ Alkmaar

-  Atletico Madrid na Lazio

-  Besiktas na Braga

-  Manchester U. na Ajax Amsterdam

-  Metalist Kharkiv na RB Salzburg

-  Olympiakos Piraeus na Rubin Kazan

-  Schalke na Viktoria Plzen

-  Sporting Lisbon na Legia Warsaw

IBITEKEREZO
Sha ni nde wabashutse koko ko mwari mwatangiye neza mumaze no kubona abafana ? Ntacyo ariko bibabere isomo mwirinde amanyanga muzarebe ko mutazasonga mbere !!!!
23.02.2012 saa 09:17
Kanzeguhera
ntabwo ari Europa league ni Champions league numva mwakagombye kubitandukanya murakoze
22.02.2012 saa 23:33
nizeyimana theoneste

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!