Hanze
Eva Longoria yerekanye ubwambure bwe

hashize 3 amasaha
2
0
0
11
Imvura ikomeje kudobya ibirori by’iserukiramuco ry’amafilimi rya ’Cannes Film Festival 2013’ ribera mu Bufaransa. Kuri iyi nshuro iyi mvura yatumye...
Biravugwa ko Beyonce yaba atwite

hashize 3 amasaha
2
0
0
5
Bikoje guhwihwiswa hirya no hino ahanyuzwa amakuru y’ibyamamare n’abahanzi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko Beyonce yaba atwite umwana wa kabiri....
Abashinzwe umutekano muri Los Angeles bari gucungira hafi umutekano w’umuhanzi Chris Brown kuko hari abantu bamutera ubwoba muri iyi minsi ko...
Mu minsi ishize muri Uganda hahwihwiswaga ko umuhanzi Julina ari gushaka uko yakwimukira muri Kenya bityo akabana na Ian Mbugua uzwi nk’umwe mu...
Umwe mu bahanzi bazwi cyane mu gihugu cya Tanzaniya Judith Daines Wambura Mbibo (Lady Jaydee) ari mu nkiko azira amagambo yanditse kuri Twitter....
Umuhanzi Dr Jose Chameleone yatangaje ko yishimira kuba abahanzi Moze Radio na Weasel baratowe nk’abahatana mu marushanwa ya BET Awards azabera...
Angelina Jolie, umukinnyi wa filimi wamamaye w’imyaka 37, akaba n’intumwa y’Umuryango w’Abibumbye, yatangaje ko yifuza gushyingiranwa burundu na Brad...
Umuraperi La Fouine yegukanye ibihembo 3 mu birori bya Trace Urban Music Awards 2013 byabaye kuri uyu wa 14 Gicurasi 2013 i Trianon mu mujyi wa...
Rimwe mu marushanwa akomeye abera muri Africa bita ‘Big Brither Africa’, yongeye gutegurwa ku nshuro ya munani, aho bayise ‘The Chase’. Iri...
Itsinda rya ‘Radio & Weasel’, rimwe mu bagize ‘Good Lyfe’ bahamagawe mu bazahatanira ibihembo bizwi nka ‘BET Awards’ bitegurwa na televiziyo yo...
Umuraperikazi ‘Nick Minaj’ yatangaje ko umubano we na Marah Carey utifashe neza ndetse bisa nk’aho nta n’uhari. Mu kiganiro n’umunyamakuru wa...
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’icyamamare w’umunyamerika Jay Leno, Shakira yatangaje amwe mu makuru y’ubuzima bwe bwite amwerekeye ubwo...
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |...