Ku itariki ya 14 Gashyantare, umunsi w'abakundana, muri Kigali abantu bizihije umunsi w'abakundana ku buryo butandukanye. IGIHE twahisemo gukusanya amafoto ya bimwe mu bitaramo byabaye kuri uyu munsi byagaragayemo bamwe mu bahanzi bazwi. Bimwe muri byo ni icyabereye kuri Relax Bar, Ebenezer, V Lounge n'ahandi.

Aba ni bamwe mu bakundana basomana bagaragaza ko bishimiye igihembo bari bahawe cyo kwambara neza

Ku munsi w’abakundana muri V Lounge bahisemo kumurika imideri

Queen Cha yataramiye muri Relax abyinana n’abafana be ku munsi w’abakundana

"Couple" yari yambaye neza ihabwa ibihembo

Abateguye igitaramo cy’imideri muri V Lounge

Uyu musore yitwa Patrick yatunguwe n’inshuti ze mu rwego kwizihiza isabukuru y’amavuko ku munsi w’abakundana

Muri V Lounge ho ku munsi w’abakundana hamuritswe umuderi

Abahanzi Aime, Gaby na Patient baganira na Chantal uyobora Ebenezer ku munsi w’abakundana

Umukobwa wahembewe kwambara neza ku munsi w’abakundana

Umuhanzi Liliane Kabaganza yahisemo gusohokera muri Ebenezer ku munsi w’abakundana

Umuhanzi Magla uririba mu njyana ya Ragga na Dancehall ku munsi w’abakundana ku munsi w’abakundana

Umuhanzi Allioni yataramiye muri Relax Bar

Mc VD Frank na Piter (Isango) bashyushya abafana

Abahanzi Gaby Irene, Aime na Patient bahisemo gutaramira muri Ebenezer ku munsi w’abakundanye

Abakozi ba Ebenezer bari bambaye imyenda yiganjemo amabara y’umutuku n’umukara akunda gukoreshwa ku munsi w’abakundana

Rafiki yaririmbye muri K Club ku munsi w’abakundana

Ku munsi w’abakundanye Queen Cha yaririmbiye muri Relax, aho aheruka gutera ibara