Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanda rizaba rishyira ku cyumweru tariki 17 Kamena 2012 muri Quelque Part Restaurant & Bar hazabera igitaramo cyo kwizihiza umunsi nyakwigendera 2 Pac yari kuba yujurijeho imyaka 40 iyo aza kuba akiriho.
Icyo gitaramo nk’uko Ntakirutimana Diogene “Caguwa” wagiteguye yabitangarije IGIHE kizaba kirimo abaraperi batandukanye barimo nka Jay polly, Bulldogg, P Fla n’abandi, kikazamurikirwamo bimwe mu bikoresho byakoreshwaga na nyakwigendera.
Kizatangira saa yine z’umugoroba wo kuri uwo wa gatandatu kigeze mu gitondo cyo ku cyumweru, kwinjira bizaba ari amafaranga y’u Rwanda 1000.
Abagiteguye barasaba abakunzi ba 2 Pac kutazagisiba cyangwa ngo bagikererwe.
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
PGGSS II : Ubuyobozi bwa EAP na BRALIRWA bwishimiye ko roadshow ya mbere yagenze neza cyane
16.05.2013 |
|
PGGSS III : Uburyo bwo gutora bwarahindutse
16.05.2013 |
|
Lil G yateguye igitaramo cyo kumurika amashusho y’indirimbo
14.05.2013 |
|
Icyo abantu batandukanye bavuga ku munsi wo kwibuka ‘Bob Marley’
13.05.2013 |
|
Abanyeshuri bagaragaje ko bafite impano zishobora kuzababera umwuga
13.05.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |