Kuri uyu wa Gatanu n’uwa Gatandatu w’iki Cyumweru, abakunzi b’umuziki wa karahanyuze uzwi nk’ "Igisope" bazongera kwishimana n’abahanga muri iyi njyana, mu bitaramo byateguwe na Quelque part Bar& Restaurent.
Muri iki gitaramo hazagaragara abahanzi bigaragaje muri muzika nyarwanda nka Mavenge Sudi n’abandi, baririmbe banacuranga ibi bakunze kwita (live).
Ibi bitaramo bizajya biba buri wa Gatanu na buri wa Gatandatu. Kwinjira bizajya biba ku buntu kandi buri wese ahabwe amahirwe yo gusaba indirimbo ashaka ayicurangirwe (live)
Quelque part ikorera mu nyubako ya Rubangura, mu Mujyi wa Kigali rwagati, isanzwe itanga ibyo kurya n’ibyo kunywa ; Mu rwego rwo gushimisha abayigana kandi igira gahunda y’umuziki wa kera (igisope).
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
PGGSS II : Ubuyobozi bwa EAP na BRALIRWA bwishimiye ko roadshow ya mbere yagenze neza cyane
16.05.2013 |
|
PGGSS III : Uburyo bwo gutora bwarahindutse
16.05.2013 |
|
Lil G yateguye igitaramo cyo kumurika amashusho y’indirimbo
14.05.2013 |
|
Icyo abantu batandukanye bavuga ku munsi wo kwibuka ‘Bob Marley’
13.05.2013 |
|
Abanyeshuri bagaragaje ko bafite impano zishobora kuzababera umwuga
13.05.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |