Umunyarwandakazi Uwamahoro ashobora guhabwa ikamba rya “Miss Africa Germany”


Yanditswe kuya 11-08-2012 - Saa 07:31' na Karirima A. Ngarambe

Mu marushanwa yo gutora "Miss Africa Germany" yabaye kuri uyu wa Gatandatu 04 Kanama 2012 mu Mujyi witwa Essen mu Budage, Umunyarwandakazi witwa Yvonne Uwamahoro yabashije kwitwara neza yegukana umwanya wa kabiri, ariko kuri ubu ikivugwa ni uko ashobora guhabwa ikamba kuko uwamubanjirije bivugwa ko Atari yujuje imyaka imwemerera kujya mu mahiganwa.

Uwamahoro yagaragaye mu bakobwa 16 baturuka mu bihugu by’Afurika bitandukanye harimo u Rwanda, ndetse n’ibindi bihugu twavuga nka Cameroun, Congo-Kinshasa, Ivory-Coast, Kenya, Sierra-Leone, Namibia, Uganda, Zambia, Nigeria ndetse n’ibindi.

Umwe mu bateguye iri rushanwa Zouzou Arlette aganira na IGIHE, yatangaje ko aya marushanwa yari yitabiriwe kandi n’abacuranzi b’Abanyafrika nka Don Tom uturuka muri Nigeria wamenyekanye cyane kubera indirimbo ye yitwa My Wify.

Nubwo Uwamahoro Yvonne yegukanye umwanya wa kabiri, ariko ashobora guhabwa ikamba ry’uwa mbere, ibi bigaterwa n’uko Umunyasierraleone wabaye uwa mbere yari afite imyaka 16, kandi amategeko agenga iri rushanwa akaba ateganya ko uwemereye kwitabira iri rushanwa asabwa kuba nibura afite imyaka 18 y’amavuko, ibi rero byanateje ikibazo ndetse bivugwa ko uyu Munyarwandakazi ashobora kwegukana iri kamba.

Muri aya marushanwa kandi uretse Umunyasierraleone wegukanye umwanya wa mbere, n’Umunyarwandakazi wegukanye umwanya wa kabiri, umwanya wa gatatu watwawe n’Umunyakenyakazi witwa Samanther Schirra.

Yvonne yigeze guhagararira u Rwanda mu irushanwa Miss Supranational (Foto : Facebook)
Uwamahoro Yvonne ari i Paris (Foto : Facebook)
IBITEKEREZO
Nta discision uri mwiza pe !!!! ubwo biterwa niki, ????
Musubize15.08.2012 saa 07:24
mukundabatu
Arahiye ndagaswi ! Directeur yirekeremo !
Musubize13.08.2012 saa 16:23
yirekeremo
umva gusebya undi dat nt really kul niba she got da opportunity to get dea n u not u berra shut up.4r me am givin' her much support and blessing <3<3
Musubize13.08.2012 saa 16:09
linda raissa
Ni mwiza ariko na mushiki wanje witwa cumve mwa agiye mu Budage ntawamuhiga ndakatora
Musubize13.08.2012 saa 14:05
Ndahiriwe Papias
Ni Miss University Africa Germany ntago ari Miss Africa Germany. Donc ni abanyafurika kazi biga muri iyo kaminuza muri Germany.
Musubize13.08.2012 saa 13:19
zuzu
Urimwiza aliko muge mwambara kinyarwanda ,biduhesha ishema
Musubize13.08.2012 saa 07:57
Murekezi
ndabona jye anduta ubwiza kabisa
Musubize13.08.2012 saa 06:20
kiriwanzenza
ko mbona yifiteho ubuzayirwa bwinci se ?
Musubize13.08.2012 saa 05:42
RUTAHIZAMU
yamaze ubwose wowe uri miseke igororotse ? twara ibyawe nawe atware ibye
13.08.2012 saa 08:09
kangaro
Ndamuruta, umurusha iki se, ko tutari twagusoma kugihe bakuvuga amarushanwa wagiyemo ? rata uri umukobwa mwiza !
Musubize13.08.2012 saa 04:07
medi
umurusha iki se ? we yabonywe n'abandi naho wowe urireba gusa !!!!! nta nkumi yigaya koko !!!!!!
Musubize13.08.2012 saa 02:58
alice
akanwa ko muragafite
Musubize13.08.2012 saa 00:36
pok
urimweza ndakwemera niba no kumutima aruuko bimeze
13.08.2012 saa 09:04
nyin awumuntu patricie
urimweza ndakwemera niba no kumutima aruuko bimeze
13.08.2012 saa 09:04
nyin awumuntu patricie
urimweza ndakwemera niba no kumutima aruuko bimeze
13.08.2012 saa 09:04
nyin awumuntu patricie
urimweza ndakwemera niba no kumutima aruuko bimeze
13.08.2012 saa 09:04
nyin awumuntu patricie
urimweza ndakwemera niba no kumutima aruuko bimeze
13.08.2012 saa 09:04
nyin awumuntu patricie
<3
Musubize12.08.2012 saa 16:33
ali
<3
Musubize12.08.2012 saa 16:33
ali
amhirwe masa !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
13.08.2012 saa 05:50
safadomi12@yahoo.fr
uyu mukobwa ni igisyo mba ndoga Rwanyonga twataramye
Musubize12.08.2012 saa 16:00
rubaba
urimwiza mama !
Musubize12.08.2012 saa 13:22
nzovu
Uruwacu sha. harya email yawe niyihe ? I need you once you come back. and I wish you welcome in your Mother home. Kandi abazungu uzabatsinde dore "urabaruta ga wampayinka"
Musubize12.08.2012 saa 11:25
tshally
courage ma chere UWAMAHORO ubwiza vraiement ubwibitseho ,imana igufashe
Musubize12.08.2012 saa 07:23
mahoro
uyu munyarwandakazi ndi nka BNR namushyira ku noti ya 5000 peeeeee yewe mwana urakabyara hungu na kobwa.
Musubize12.08.2012 saa 06:17
kangaro
uyu mukobwa ni mwiza ntacyo abaye. ariko mwivuga ngo ni miss africa murajya kutubwira ibihugu byitabiriye aamarushanwa mukagereranya abari burwanda na congo,cameroon,coted' ivoire abo nubundi tubarusha abakobwa beza ariko hari ibihugu nka egypt, somalia, ethiopia, maroc ibyo byose ni africa. cyeretse niba bitaritabiriye ariko ntimwavuga ngo yvette ni miss africa nabakobwa tuzi nko muri ibyo bihugu mvuze.
Musubize11.08.2012 saa 16:37
gg ft bb
Uyu ndamuruta rwose !!
Musubize11.08.2012 saa 11:47
Nsanga
ntabwo umuruta kuko mutahiganywe, tegereza igihe cyawe
12.08.2012 saa 03:58
Mujinya
wabimukura he ?
12.08.2012 saa 06:39
kaka
Nsanga aransekeje cyane,ngo uyu ndamuruta ?ewe ngo nta nkumi yigaya,none se ko umuruta ukaba ataragaragaye ?reka kwiyemera ?uriya mwana ni mwiza pe !!!!!atandukanye numwe bari bavuze ngo ahagarariye uburasirazuba.
12.08.2012 saa 11:26
mucyo pascal kevin
nabwo umuruta sha ntukiyemere
13.08.2012 saa 00:31
jean
umurusha iki se mama ? ko we abonwa n'abandi naho wowe ukaba wibona !!!! nta nkumi yigaya koko !!!!!!!!!!!!!
13.08.2012 saa 03:03
alice
all the best miss
13.08.2012 saa 03:06
george

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!