Hirya no hino muri Kigali hagiye habera ibitaramo byo kwizihiza umunsi mukuru w'Abankundana (Valentine's Day). Aya ni amwe mu mafoto IGIHE.com cyabashioje kubona ya bimwe mu bitaramo byabereye muri Kigali, aho abantu bahuriye ngo bizihize umunsi w'abakundana. Harimo kuri Mama Africa (kwa Cobra), aho abahanzi Tom Close, Knowless na Dr Claude baririmbye. Ahandi ni Passadena ahabereye ibirori byiswe 'Gukunda'. Haragaragaramo kandi amafoto y'isabukuru y'umunyamakuru Anita Pendo yabaye ku munsi w'Abakundana.

Abantu bari baje gutaramana n’inshuti zabo mur i PAssadena

Umuhanzi Tom Close ari kumwe n’umukobwa w’inshuti ye

Abanyamakuru Liliane, Nicole na Eddy Mwerekande

Umuhanzi Knowless atashye

Knowless abyinana n’umufana muri Mama Africa

Producer Clement Ishimwe na Kamichi kuri Valentine’s Day

Abanyamakuru Liliane na Vestine bakora ikiganiro Zirara zishya kuri Radio Flash FM

Umuhanzi Tom Close aririmbira abafana be muri Mama Africa

Knowless abyinana n’umufana indirimbo yyise ’Nkoraho’

Imyambaririe yari umutuku n’umukara

Dr Claude asaba abafana be kumufasha kuririmba

Anitha nawe yambaye imyambaro y’umutuku n’umukara ari kwizhiza isabukuru iwe

Ku munsi w’abakundana Anitha Peendo we yizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 26

Umunyamakuru witwa Nicole Mutimucyeye wakoraga ikiganiro Ambiance Love kuri Radio Salus

Uko abantu bari benshi hari higanjemo amabara atukura n’ayirabura

Knowless ari kuririmba ku munsi w’abakundana

Abakundana baganira ku munsi w’abakundanye

Umuhanzi Dr Claude ari kuririmba muri Mama Africa

Bamwe mu basaza bari bateraniye Pasadena

Umunyamakuru Eddy Mwerekande atanga ubuhamya bw’ibyo yabonye mu rukundo

Abantu bari benshi bitabiriye igitaramo cy’umunsi w’abakundana

Umunyamakuru Kim Kizito ashyushya ibirori

Bamwe mu bari bateguye igitaramo cyiswe ’Gukunda’