Biography


Yanditswe kuya 19-03-2012 - Saa 17:12' na Richard IRAKOZE

Nitwa Buzindu Uwamwezi Aline nzwi ku izina rya Allioni. Iri zina ni izina niswe mu bwana mpitamo kurikoresha mu buhanzi bwanjye. Navutse kuwa 22 Ugushingo 1992.

Navukiye i Kigali-Kibagabaga. Ndi mwene James Buzindu na Mariette Mukarugango. Ndi bucura mu muryango w’abana batandatu. Ntuye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Kimironko-Kibagabaga. Ndirimba mu njyana ya Dancehall

Amashuri abanza nayatangiye muri Lycee la Colombiere nyarangiriza muri St Joseph-Kicukiro. Ayisumbuye nayatangiriye nyarangiriza muri la Colombiere.

Allioni n’ubuhanzi

Gutangira ubuhanzi nabihereye ku gukunda kuririmba. Naje kubisaba ababyeyi banjye baza kubyanga kuko nari nkiri muto, nigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza. Nyuma baje kubona ko ari ibintu bindimo barandeka. ”Bose (Papa na Mama) bavugaga ko nkiri umwana ko bishobora kumbuza kwiga.”

Ninjiye bwa mbere muri Studio nko mu mpera za 2010, ubwo nakoraga indirimbo nise "Twishimane". Iyi ndirimbo nayikoreye muri Studio IYI Production igikorerwamo na Producer Mastora. Nayikoranye na Nicky hamwe na Patkwiz. Gusa iyi ndirimbo ntiyamenyekanye kuko tutayamamaje cyane. "Byari nko kwishimisha"

Nyuma yaho, muri Mutarama 2011, nasubiye muri Studio IYI Production nkora indirimbo nise “Wake”. Muri Mata nayikoreye amashusho kwa Producer Franco.

Nyuma yaho nakomeje kugaragara mu muziki ahanini nitabira ibitaramo birimo ibyagiye binshimisha nk’imurikwa rya Album ya Riderman, Imurikwa rya Album ya Dream Boyz.

Naje kujya muri Uganda nkorerayo indirimbo yitwa “Impinduka”. Iyi ndirimbo nayikorewe n’umwe mu batunganya indirimbo (Producer) bazwi ku rwego rwa Afurika y’i Burasirazuba, ari we Washington. Ndateganya kuyikorera amashusho mu minsi ya vuba.

IBITEKEREZO
it is nice ariko kubwanjye ndumva ntampamvu y'abahanzi bacu kujya gukoresha indirimbo hanze, ariko niba ariho wari uri ukabona opportunity yo kuyikorera aho ntakibazo, mbarijebo nabandi banyarwanda bafite iyo myumvire mwumva gukorera indirimbo hanze bifite iyihe advantage ese abanyarwanda ntabwo tuzi gukora, muba murimo guca abanyarwanda ingufuese kuki mutareka ngo abo baturanyi baze iwacu tubakorere ? twakabaye dukuza ibyacu abobakaza babishaka. simvuze ko turi abahanga ariko mwiduca intege n'iki Washington yakoze cyananira umuproducer w'umunyarwanda mureke gukabya. najye ndi umuhanzi naba ndi na producer dr.wai.ibi mbivuze kuko umuhanzi bita peter niyo w'iburundi murumuna wa dr.claudeyanzabye ko dukorana indirimbo ariko tukayikorera iburundi ndabyanga ndamubwira ngo aze maze nyikore araze ariko iyo ndirimbo iburundi barayemera cyane murwnda ho kutayikina ni zanduru ibyo ntawutabizi
it is nice ariko kubwanjye ndumva ntampamvu y'abahanzi bacu kujya gukoresha indirimbo hanze, ariko niba ariho wari uri ukabona opportunity yo kuyikorera aho ntakibazo, mbarijebo nabandi banyarwanda bafite iyo myumvire mwumva gukorera indirimbo hanze bifite iyihe advantage ese abanyarwanda ntabwo tuzi gukora, muba murimo guca abanyarwanda ingufuese kuki mutareka ngo abo baturanyi baze iwacu tubakorere ? twakabaye dukuza ibyacu abobakaza babishaka. simvuze ko turi abahanga ariko mwiduca intege n'iki Washington yakoze cyananira umuproducer w'umunyarwanda mureke gukabya. najye ndi umuhanzi naba ndi na producer dr.wai.ibi mbivuze kuko umuhanzi bita peter niyo w'iburundi murumuna wa dr.claudeyanzabye ko dukorana indirimbo ariko tukayikorera iburundi ndabyanga ndamubwira ngo aze maze nyikore araze ariko iyo ndirimbo iburundi barayemera cyane murwnda ho kutayikina ni zanduru ibyo ntawutabizi
it is nice ariko kubwanjye ndumva ntampamvu y'abahanzi bacu kujya gukoresha indirimbo hanze, ariko niba ariho wari uri ukabona opportunity yo kuyikorera aho ntakibazo, mbarijebo nabandi banyarwanda bafite iyo myumvire mwumva gukorera indirimbo hanze bifite iyihe advantage ese abanyarwanda ntabwo tuzi gukora, muba murimo guca abanyarwanda ingufuese kuki mutareka ngo abo baturanyi baze iwacu tubakorere ? twakabaye dukuza ibyacu abobakaza babishaka. simvuze ko turi abahanga ariko mwiduca intege n'iki Washington yakoze cyananira umuproducer w'umunyarwanda mureke gukabya. najye ndi umuhanzi naba ndi na producer dr.wai.ibi mbivuze kuko umuhanzi bita peter niyo w'iburundi murumuna wa dr.claudeyanzabye ko dukorana indirimbo ariko tukayikorera iburundi ndabyanga ndamubwira ngo aze maze nyikore araze ariko iyo ndirimbo iburundi barayemera cyane murwnda ho kutayikina ni zanduru ibyo ntawutabizi
it is nice ariko kubwanjye ndumva ntampamvu y'abahanzi bacu kujya gukoresha indirimbo hanze, ariko niba ariho wari uri ukabona opportunity yo kuyikorera aho ntakibazo, mbarijebo nabandi banyarwanda bafite iyo myumvire mwumva gukorera indirimbo hanze bifite iyihe advantage ese abanyarwanda ntabwo tuzi gukora, muba murimo guca abanyarwanda ingufuese kuki mutareka ngo abo baturanyi baze iwacu tubakorere ? twakabaye dukuza ibyacu abobakaza babishaka. simvuze ko turi abahanga ariko mwiduca intege n'iki Washington yakoze cyananira umuproducer w'umunyarwanda mureke gukabya. najye ndi umuhanzi naba ndi na producer dr.wai.ibi mbivuze kuko umuhanzi bita peter niyo w'iburundi murumuna wa dr.claudeyanzabye ko dukorana indirimbo ariko tukayikorera iburundi ndabyanga ndamubwira ngo aze maze nyikore araze ariko iyo ndirimbo iburundi barayemera cyane murwnda ho kutayikina ni zanduru ibyo ntawutabizi
it is nice ariko kubwanjye ndumva ntampamvu y'abahanzi bacu kujya gukoresha indirimbo hanze, ariko niba ariho wari uri ukabona opportunity yo kuyikorera aho ntakibazo, mbarijebo nabandi banyarwanda bafite iyo myumvire mwumva gukorera indirimbo hanze bifite iyihe advantage ese abanyarwanda ntabwo tuzi gukora, muba murimo guca abanyarwanda ingufuese kuki mutareka ngo abo baturanyi baze iwacu tubakorere ? twakabaye dukuza ibyacu abobakaza babishaka. simvuze ko turi abahanga ariko mwiduca intege n'iki Washington yakoze cyananira umuproducer w'umunyarwanda mureke gukabya. najye ndi umuhanzi naba ndi na producer dr.wai.ibi mbivuze kuko umuhanzi bita peter niyo w'iburundi murumuna wa dr.claudeyanzabye ko dukorana indirimbo ariko tukayikorera iburundi ndabyanga ndamubwira ngo aze maze nyikore araze ariko iyo ndirimbo iburundi barayemera cyane murwnda ho kutayikina ni zanduru ibyo ntawutabizi
komereza aho,tukuri inyuma bucu.
Musubize20.03.2012 saa 03:48
Rene Ansol

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!