Bull Dogg yibarutse umuhungu


Yanditswe kuya 21-01-2013 - Saa 19:01' na Richard Irakoze

Mu mpera z’icyumweru gishize, umugore wa Bull Dogg yabyaye umwana w’umuhungu.

Kuri uyu mugoroba ubwo Bull Dogg yaganira na IGIHE kuri iyo nkuru y’umwana bungutse, yavuze ko nta byinshi yabivuga, ariko ko umwana na nyina bameze neza.

Bull Dogg ubu asigaye atuye Kimironko, aho abana n’umugore we, n’ubwo batarashyingiranwa.

Bull Dogg

Bull Dogg yamaganye amkura yavugwaga ko yaba yarashyingiwe n’umuryango ku ngufu nyuma yo gutera umukobwa inda, kandi ko bateganya gushyingirwa mu mategeko mu gihe kiri imbere bamaze kubyitegura neza, ati “Umwana turemeranwa twahisemo kubana, gusezerana nabyo bizaza nitubona ubushobozi.”

Bull Dogg ni umuraperi uzwiho guhanga akoresheje amagambo akarishye mu buryo buzimije. Yamenyekanye cyane ku ndirimbo“Umunsi w’imperuka”. Aririmba mu itsinda (crew) rya Tuff Gang ririmo abahanzi Jay Polly, Green Person na Fireman.

IBITEKEREZO
mwonkwe musaza !!!!!!!undi muraperi
Musubize24.01.2013 saa 08:39
yves
you are hello man mwonkwe
Musubize23.01.2013 saa 10:40
Gisa
congz igsa
Subirayo nta mahwa bull !
Musubize23.01.2013 saa 01:55
M.J
Akamufuragira Zizou agahemba !!! akamusubizayo nta mahwa byaribyo nyamara...
25.01.2013 saa 01:40
Uruhinja
CONGZ DOUBL G IMANA IZABASHE MU BUZIMA BWANYU BWOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEEE !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Musubize22.01.2013 saa 12:13
UWASE DIANA DIUMIX
ni mwonkwe
Musubize22.01.2013 saa 09:43
nzabo
Courage Bull Dogg !Ni byiza kuba warabaye umugabo ukamugaragariza urukundo ntumutererane,gusa nimumara kwisuganya muzabyereke Imana n'abavandimwe, izabafasha.
Musubize22.01.2013 saa 09:39
Matsiko Friday
Congs kuri Doggy. Imana imwishimire we n'umuryango we mushya yungutse.
Musubize22.01.2013 saa 07:55
Chris
Ukoze ibintu byiza cyane bishobora bake Imana ibigufashemo
Musubize22.01.2013 saa 01:15
rika
Bull Dogg rwose uri umuntu wumugabo kuba waramuteye inda ukemera mukabana mushobozi ufite,nsishidikanya ko icyo gikorwa wakoze Imana izakiguhera umugisha ikubakire urugo rwiza kandi rwumugisha,kuko ni abasore bake cyane bafata icyemezo nkicyo,ubundi rero ni mumara kwitegura neza muzakore ibitegamwa n'amategeko.mbifurije umugisha hamwe nicyo Kibondo cyanyu Imana izamurinde azakure neza.
Musubize21.01.2013 saa 23:59
mimi nice
byiza !!!!!!!!!!!!!!!!!!!! undi muhanzi aravutse da ! mugire ibihe biza
24.01.2013 saa 06:22
umutesi valentine

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!