Mu Rwanda akenshi mu mpera z’umwaka buri wese aba yifuza kuwusoza yambara mu buryo bumugaragaza neza yishimira ibyo umwaka umusigiye atangirana ingamba nshya uwundi.
Kuri ubu GP Fashion Shop yakubise ibiciro by’imyambaro yaryo hasi kugira ngo abashaka kurimba imyambaro myiza badahenzwe babashije kunyurwa n’iyo ryabazaniye.
Iri duka ribonekamo amakositimu (costumes) n’ibitambaro wakwidodesherezamo, amashati, inkweto, amasogisi n’ibifungo bigezweho, bimenyerewe ku mugabane w’u Burayi, cyane cyane mu Butaliyani.
Ni imyambaro myiza ushobora kwambara, ukubonye akifuza kumenya aho wayiguriye cyangwa akaguhozaho ijisho.
Ushaka kuyigura utagiye i Burayi, wayisanga mu igorofa (Floor) ya gatatu mu nyubako ya M.Peace Plazza, mu Mujyi wa Kigali cyangwa ugahamagara kuri 0788531798 kimwe n’uko wabandikira kuri [email protected]








