Abo turibo
RSSB ni ikigo cyavuttse nyuma yo guhuzwa kw'ibigo 2: icyahoze ari isanduku y'Ubwiteganyirize bw'abakozi y'u Rwanda (CSR) n'icyahoze ari ikigo cy'Ubwishingizi bw'indwara (RAMA) inshingano y'ingenzi y'iki kigo ni uguteza imbere ubwitegnyirize mu rwanda,kugeza ubu kikaba gicunga amashami 3: ishami ryo kwivuza,ishami rya pansiyo n'ishami ry'ibyago bikomoka ku kazi. Muri ayo mashami avuzwe hejuru abiteganyirije bakaba bagobokwa iyo bagze mu zabukuru bashobora guhabwa.pansiyo y'abasizwe n'uwiteganyirije. Bakagobogwa mu byago n'indwara bikomoka ku kazi ndetse bagahabwa n'ibikorwa by'ubuvuzi bigenerwaabiteganyirije.
Amakuru
-
Sanlam yavuguruye icyivugo gihamya ubushobozi buha icyizere abakiriya
Sanlam yahisemo guhindura ikivugo bakoreshaga ari cyo “Wealth Smith “ bivuze mu Kinyarwanda ngo ni abacuzi b’ubukungu kiba “Live with Confidence” ugenekereje bivuga “Baho wifitiye icyizere.” Mu (...) (...)
-
Coronavirus yasize isomo! Inyungu zihariye ziri mu kuzigamira ahazaza muri Cogebanque
Uyu munsi wizihijwe mu nsanganyamatsiko igira iti “Izigamire uyu munsi Urinde ejo hawe.’’ Mu kubaka ubukungu burambye bushingiye ku kwigira k’umuturage, Leta isaba buri wese kurangwa n’umuco wo (...) (...)
-
Impamvu ibigo by’imari bitazishyura inyungu ku banyamigabane babyo
Icyemezo cyafashwe kijyanye n’amabwiriza yatanzwe na Banki nkuru y’u Rwanda (BNR), aho yasabye amabanki kudatanga izi nyungu muri uyu mwaka ahubwo ayo mafaranga akazishyurwa nyuma. Umuyobozi (...) (...)