Ubushakashatsi bugaragaza ko indoro y’umuntu ikorwa n’ijisho n’uruhu ruritwikiriye biri mu bituma umuntu yifuza bikanatuma atekereza ku mibonano mpuzabitsina.
Ubahakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika buvuga ko amaso atari indererwamo y’ibitekerezo bya muntu gusa, ahubwo ko basanze amaso ari mu bituma abantu bakururwa n’irari ryo kuba bakora imibonano mpuzabitsina no kobona mo umuntu barebye iby’imibonano mpuzabitsina.
Amakuru dukesha urubuga rwa siyansi rwa techno.ca.msn.com avuga ko
Gerulf Rieger na Ritch C. Savin-Williams bo muri Kaminuza ya Cornell bakoze ubu bushakashatsi ku bantu 325 b’ibitsina byombi.
Ubushakashatsi bwagaragaje ko bamwe bareba abagabo,abandi bakareba abagore bitewe n’abo bakunda (abakunda abo badahuje ibitsina n’abakunda abo bahuje ibitsina) bose ngo ijisho rigaragaza ubwuzu ufitiye umuntu uri kumureba nicyo umutekerezaho akenshi biganisha mu kumubonamo imibonano mpuzabitsina.
Ubu bushakashatsi bwanditswe mu gitabo PLOS ONE bugaragaza ko ikoranabuhanga rishobora gufasha mu kumenya igitekerezo cy’umuntu ku mibonano mpuzabitsina cyane cyane no kubantu batakoreweho ubushakashatsi ku byibitsina bibera mu muco gakondo (cultures traditionnelles).
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
OMS yatangaje ko hakiri icyuho mu kugabanya impfu z’abana
16.05.2013 |
|
Buri mwaka kanseri y’ibihaha ikomoka ku mabati ihitana abagera ku bihumbi 107
10.05.2013 |
|
Kigali : Kubyara umwana ufite umubyibuho ukabije byatumye umugabo ata urugo
10.05.2013 |
|
Udukingirizo turenga miliyoni 110 twirukanwe muri Ghana
21.04.2013 |
|
Nyuma yo kubyara abagore bagira ikirenge kirekire
4.04.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |