Inama
  IGIHE.com > Ubuzima > Inama
Amabere ni kimwe mu bice bigize umubiri w’umugore, kandi ni kimwe mu bice by’ingenzi bigaragaza ubwiza bwe. Amakuru dukesha urubuga rwitwa...
Benshi basanzwe bazi ko inzoga zitagira ingaruka zimwe ku basore no ku nkumi, aho abakobwa akenshi basindishwa na nke kandi bagasinda mbere ya...
Umwijima (Liver/Foie) na wo ni umwe mu nyama zo mu nda zifitiye umubiri akamaro kanini cyane, kandi kadasimburwa ku buryo “nta mwijima, nta...
Uruboga rwa concombre ngo ni rwiza ku ruhu kuko rukize ku bintu bishobora kurwanya kuma k’uruhu ndetse rugatuma n’ibiro bigabanuka ku muntu usanzwe...
Ushobora kuba ugiye gushinga urugo, ariko uwo mugiye kubana afite abana. Ashobora kuba yarigeze gushaka, agapfakara cyangwa yarababyaye mu bundi...
Abanyarwanda batandukanye hirya no hino mu gihugu baragenda bahugurwa mu buryo bakwita ku bantu babana n’ihungabana kuko byagaragaye ko mu...
Umubiri w’umuntu ugizwe na 60% by’amazi. Ni ukuvuga ko buri karema ngingo k’umuntu kaba karimo n’igice cy’amazi. Kunywa amazi rero bituma ingingo...
Iyo ugeze ahantu hamwe na hamwe habarizwa imbaho, haserwa ifu zitandukanye, ahacukurwa cyangwa hamenerwa amabuye yaba asanzwe cyangwa ay’agaciro,...
Urubuto w’umwembe uhiye rufitiye umubiri wacu akamaro bitewe ahanini n’amazi abonekamo hakiyongeraho n’isukari zo mu bwoko bwa Fructose, Saccharose...
Ibintu bitandukanye bishobora kugira uruhare mu gutinda gusama ku mugore, cyangwa bikamufasha gusama byihuse. Ariko kandi abakora imibonano...
Abantu 2% bihereranye Virusi itera SIDA kubera gutinya guta ibyubahiro byabo mu igihe bibagaragayeho . Aba higanjemo abagabo bibereye mu myanya...
Imbuto nyishi zitandukanye zishobora kuvamo imiti y’umwimerere kandi izo mbuto inyinshi turazihingamu mirima izindi tuzisanga ku masoko...
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |...
Amatembabuzi ni amazi asohoka mu gitsina cy’umukobwa cyangwa umugore aba asa n’umweru cyangwa adafite ibara, asa n’abonerana. Akorwa n’umura,...
Abagabo ntibakwiriye kwambara imyenda ibahambira igitsina kuko bishobora kubagiraho ingaruka mbi ku buzima bw’imyororokere. Umukozi mu...
Ibyiza byo gusomana

26.11.2011
81
123642
Nubwo abantu bafata ugusomana mu buryo butandukanye, bamwe bagasomana bitabari ku mutima, abandi bagasomana kubera kumva basomana gusa, ariko...
Hari bamwe bajya batekereza ko hari uburyo (position) umuntu yafata mu gihe arimo gutera akabariro kugirango abe yasama mu gihe kitarambiranye....
Mu buzima bwa muntu agira ibintu nkenerwa bishyirwa mu byiciro bitanu nk’uko umuhanga mu iyigamyitwarire (psychology), Abraham Maslow yabitangaje....
Ubusanzwe, libido ni ijambo rikomoka ku rurimi rw’ikilatini, rikaba ryarakoreshejwe bwa mbere mu mateka y’isi n’umuhanga witwa Sigmund Freud. Uyu...
Ubushakashatsi bwakorewe mugihugu cyUbufaransa, dukesha ikinyamakuru cyitwa Famme Actuelle, bwagaragaje ko abagore 29% b’Abafaransa bakaraba...
Benshi bajya bibaza bakanaterwa impungenge n’ikibazo cyo kwikinisha gikunze kuba ingeso, bibaza n’icyo bakora ngo babicikeho burundu. Nibyo tugiye...
Avoka (avocado) burya ni ikiribwa cy’ingenzi cyane mu buzima nk’uko inzobere mu bijyanye n’imirire zibyemeza, n’ubwo hari abajya bacyibuza ku...
Burya ngo hari ibintu bimwe na bimwe umuntu yumva cyangwa se abona mu mubiri we akabisuzugura azi ko nta cyo bitwaye, nyamara bishobora kuba...
Iyo umugore atwite yibaza ibibazo byinshi bitandukanye, bimwe akabiburira ibisubizo, ibindi akabibona ; yagera ku buriri akibaza uruhande...
Nubwo nta bushakashatsi burakorwa ngo hamenyekane imibare nyayo, muri iyi minsi hakunze kuvugwa ingeso itari nziza yo gucana inyuma mu...
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |...
Ibyiza byo gusomana

26.11.2011
81
123642
Nubwo abantu bafata ugusomana mu buryo butandukanye, bamwe bagasomana bitabari ku mutima, abandi bagasomana kubera kumva basomana gusa, ariko...
Mu buzima bwa muntu agira ibintu nkenerwa bishyirwa mu byiciro bitanu nk’uko umuhanga mu iyigamyitwarire (psychology), Abraham Maslow yabitangaje....
Mu bibazo bikunze kwibazwa, harimo kumenya uko igitsina cy’umugabo gikwiye kureshya ndetse hari n’aho usanga n’abatari bake bafite ipfunwe ry’uko...
Amabere ni kimwe mu bice bigize umubiri w’umugore, kandi ni kimwe mu bice by’ingenzi bigaragaza ubwiza bwe. Amakuru dukesha urubuga rwitwa...
Mu gihe cy’icyumweru cyose, abakandida ku mwanya wa Miss KHI bari gushishikariza abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kurushaho kwita ku isuku yo...
Ubushakashatsi bwakorewe mugihugu cyUbufaransa, dukesha ikinyamakuru cyitwa Famme Actuelle, bwagaragaje ko abagore 29% b’Abafaransa bakaraba...
Benshi bajya bibaza bakanaterwa impungenge n’ikibazo cyo kwikinisha gikunze kuba ingeso, bibaza n’icyo bakora ngo babicikeho burundu. Nibyo tugiye...
Hari bamwe bajya batekereza ko hari uburyo (position) umuntu yafata mu gihe arimo gutera akabariro kugirango abe yasama mu gihe kitarambiranye....
Abagabo ntibakwiriye kwambara imyenda ibahambira igitsina kuko bishobora kubagiraho ingaruka mbi ku buzima bw’imyororokere. Umukozi mu...
Amatembabuzi ni amazi asohoka mu gitsina cy’umukobwa cyangwa umugore aba asa n’umweru cyangwa adafite ibara, asa n’abonerana. Akorwa n’umura,...
Mu buzima bw’igitsinagore ubwiza ni cyo kintu gifata umwanya wa mbere kandi burya ni n’ingenzi kuko umugore agomba guhorana umucyo, ubwiza ndetse...
Abagabo benshi batinya kubwira abagore babo ku byerekeranye n’imiterere yabo cyangwa ibyo batekereza ku biro byabo byinshi baba bafite batinya...
1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 |...