Indimu zifitemo isukari nyinshi kurusha inkeri
Scorpion ishobora gufunga umwuka ihumeka icyumweru cyose
Inka ntabwo igira amenyo yo hejuru
Buri muntu ahuza isabukuru n’abandi bantu bagera kuri miliyoni icyenda
Yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minagri
Yarahiye nka Minisitiri w’Ishoramari rya Leta
Yahanwe na Gicumbi FC
Yajuririye igihano yahawe
Tariki 12 Kanama ni umunsi wa 224 w’umwaka kuri kalendari ya Geregori. Hasigaye iminsi 141 kugira ngo umwaka urangire. Ibyaranze tariki 12 Kanama mu mateka 1952: Habayeho iyicwa ry’intiti 13 z’Abayahudi i Moscou mu Burusiya. 1976: I Tel al-Zaatar habayeho iyicwa ry’Abanye-Palestina babarirwa hagati ya 1 000 na 3 000, iki gikorwa ni kimwe mu byamenekeyemo amaraso menshi mu gihe cy’intambara yo muri Liban. 1981: Ni bwo hakozwe mudasobwa ya mbere yo mu bwoko bwa IBM. 1985: Indege nimero 123 y’ikompanyi Japan Airlines yakoreye impanuka ahitwa Osutaka muri Perefegitura ya Gunma mu Buyapani, ihitana abantu 520 bari bayirimo. Iyi ni yo yabaye impanuka y’indege imwe yahitanye abantu benshi kurusha izindi. 1964: Afurika y’Epfo yakuwe mu mikino Olempike yaberaga i Tokyo kubera ivangura ry’amoko ryarangaga politiki ya ba gashakabuhake bayoboraga icyo gihugu. 1953: Mu rugamba rwo kugira ngo ikore igisasu cyayo cya mbere cya kirimbuzi, Repubulika Yunze Ubumwe y’Abasoviyete yakoze igerageza rya bombe atomique yise Joe 4, iyi ni yo yabaye igisasu cya mbere cya kirimbuzi cy’iki gihugu. 1973: Ni bwo havutse Muqtada al-Sadr, umunyapolitiki wo muri Iraq ndetse akanaba n’igikomerezwa cyo mu idini ya Islam muri icyo gihugu.Manual word wrap Kimwe na Ali al-Sistani na Ammar al-Hakim bo mu Nama y’Ikirenga ya Islam muri Iraq, Sadr ni umwe mu banyedini bakomeye cyane kandi bumvwa cyane kuko bamwemera bikomeye ndetse akanaba n’umunyapolitiki wubashywe cyane mu gihugu cye, igitangaje ni uko mu kubahwa kwe nta mwanya ukomeye wa politiki n’umwe arayobora kugeza ubu muri guverinoma ya Iraq. Imiyitwarire y’ubutavugirwamo ndetse no kuvuga amagambo akarishye ni byo byatumye amenyekana cyane. 1961: Uwari Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Tunisia, Salah ben Youssef, yiciwe i Frankfurt mu Budage. 1993: Abasirikare b’Abanyamerika barashe ku Banyasomalia 3 000 bari mu myigaragambyo yo kwamagana Abanyamerika ku butaka bwabo.
Tariki 12 Kanama ni umunsi wa 224 w’umwaka kuri kalendari ya Geregori. Hasigaye iminsi 141 kugira ngo umwaka urangire.
Ibyaranze tariki 12 Kanama mu mateka
1952: Habayeho iyicwa ry’intiti 13 z’Abayahudi i Moscou mu Burusiya.
1976: I Tel al-Zaatar habayeho iyicwa ry’Abanye-Palestina babarirwa hagati ya 1 000 na 3 000, iki gikorwa ni kimwe mu byamenekeyemo amaraso menshi mu gihe cy’intambara yo muri Liban.
1981: Ni bwo hakozwe mudasobwa ya mbere yo mu bwoko bwa IBM.
1985: Indege nimero 123 y’ikompanyi Japan Airlines yakoreye impanuka ahitwa Osutaka muri Perefegitura ya Gunma mu Buyapani, ihitana abantu 520 bari bayirimo. Iyi ni yo yabaye impanuka y’indege imwe yahitanye abantu benshi kurusha izindi.
1964: Afurika y’Epfo yakuwe mu mikino Olempike yaberaga i Tokyo kubera ivangura ry’amoko ryarangaga politiki ya ba gashakabuhake bayoboraga icyo gihugu.
1953: Mu rugamba rwo kugira ngo ikore igisasu cyayo cya mbere cya kirimbuzi, Repubulika Yunze Ubumwe y’Abasoviyete yakoze igerageza rya bombe atomique yise Joe 4, iyi ni yo yabaye igisasu cya mbere cya kirimbuzi cy’iki gihugu.
1973: Ni bwo havutse Muqtada al-Sadr, umunyapolitiki wo muri Iraq ndetse akanaba n’igikomerezwa cyo mu idini ya Islam muri icyo gihugu.Manual word wrap
Kimwe na Ali al-Sistani na Ammar al-Hakim bo mu Nama y’Ikirenga ya Islam muri Iraq, Sadr ni umwe mu banyedini bakomeye cyane kandi bumvwa cyane kuko bamwemera bikomeye ndetse akanaba n’umunyapolitiki wubashywe cyane mu gihugu cye, igitangaje ni uko mu kubahwa kwe nta mwanya ukomeye wa politiki n’umwe arayobora kugeza ubu muri guverinoma ya Iraq. Imiyitwarire y’ubutavugirwamo ndetse no kuvuga amagambo akarishye ni byo byatumye amenyekana cyane.
1961: Uwari Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Tunisia, Salah ben Youssef, yiciwe i Frankfurt mu Budage.
1993: Abasirikare b’Abanyamerika barashe ku Banyasomalia 3 000 bari mu myigaragambyo yo kwamagana Abanyamerika ku butaka bwabo.
Lionel Messi ntari ku rutonde rwa Ballon d’Or bwa mbere mu myaka 17
Infinix yinjiye mu bufatanye buzorohereza Abanyarwanda gutunga telefoni zikoresha internet ya 4G
Apôtre Dr Gitwaza yakomoje ku ruhare rw’Itorero Zion Temple mu iterambere ry’igihugu
Amajyaruguru: Mu mezi atatu, abantu 25 bagerageje kwiyahura, 12 barapfa
Inyange yasohoye igitabo gikubiyemo imibereho y’umunyamahanga ugeze bwa mbere muri Amerika
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe buteye impungenge kuri pariki ya Gishwati-Mukura
Facebook