Umurundi Bukera Vallery niwe wegukanye Rally de Ngozi yaberareye mu Burundi mu mpera z’iki cyumweru, akoresheje isaha imwe n’iminota 4 (01:04:00) akurikirwa n’Umunyarwanda Giancarlo Davite wasizweho iminota 4 n’amasegonda 17.
Rally de Ngozi ni ubwo ikinirwa i Burundi ibarwa muri shampiyona y’u Rwanda, kuri iyi nshuro yitabiriwe n’abakinnyi 12.
Umunyarwanda Felekeni Mayakaafatanyije n’umufasha we (co-pilote), Idrissa Mulemba, baje ku mwanya wa gatatu, ari inyuma ya Bukera iminota 6 (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > home_lnews_rally
home_lnews_rally
Articles
-
Umunyarwanda Gianca yabaye uwa kabiri muri Rally de Ngozi
28 October 2013, by Mathias Hitimana -
Abanyarwanda n’Abarundi barahatana muri Rally des Mille Collines
5 December 2013Nyuma yo guhangana muri Rally de Ngozi, Umurundi Bukera Valery agahigika Umunyarwanda Giancarlo Davite, Abarundi n’Abanyarwanda bongeye guhurira mu isiganwa ry’amamodoka “Rally des Mille Colline” rizatangira kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7-8 Ukuboza 2013 rikazabera mu karere ka Bugesera.
Iri siganwa ritegurwa na Unity Rally Team Motorsports, imwe mu makipe agize Ishyirahamwe ry’abasiganwa mu madoka mu Rwanda (RAC) ryatewe inkunga na COGEBANQUE, rizitabirwa n’imodoka 15 zizasiganwa (…) -
Rally: Ku munsi wa mbere, Umuleti wa Gianca waje imbere y’Ivubi rya Kwizera
7 December 2013, by Mathias HitimanaNyuma yo kuza imbere ku munsi ubanza wa Rally des Mille Collines yatewe inkunga na COGEBANQUE, Umunyarwanda Giancarlo Davite n’imodoka ye “Umuleti” ashobora kwegukana ikamba ry’umukinnyi mwiza mu gusiganwa mu madoka mu Rwanda mu 2013. Davite yakoresheje iminota 46 n’amasegonda 45 ku ntera ya Km 90.
Giancarlo Davite wari ufatanyije na Sylvia Vindevogel begukanye umwanya wa mbere, bari batwaye imodoka y’umuhondo “Umuleti” bakoresheje iminota 46 n’amasegonda 45 basiga Kwizera Claude na (…) -
Umurundi Bukera Valery ntasiganwa muri Rally des Mille Collines itangira saa Saba
7 December 2013, by Mathias HitimanaKu munota wa nyuma nibwo byamenyekanye ko Umurundi, Bukera Valery wari wegukanye isiganwa ry’amamodoka ryabereye i Ngozi mu Burundi, atazitabira Rally des Mille Collines itangira kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2013, saa saba mu karere ka Bugesera.
Rwego Eric, ushinzwe umutekano n’imihanda muri Rally des Mille Collines yabwiye IGIHE ko mu gihe bashyiraga ibyuma bishya batumije muri Kenya ku mudoka ya Bukera byanze gukorana bituma atitabira iri rushanwa ariko mugenzi we, Mohamed (…) -
Ibitangaje ku mapeti atatu rukumbi y’abapilote, abaha ububasha bwo kogoga ikirere
29 April 2024, by Nshuti HamzaAbapilote nubwo bose batwara indege, baba mu byiciro bitandukanye kandi buri wese akagira inshingano zitandukanye n’iz’undi bitewe n’ipeti afite.
-
Imihanda imwe kuyikoresha bizasaba kwishyura; gutwara abantu n’ibintu bigiye guhindura isura
17 March 2023, by Akayezu Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda irateganya gushyira mu bice bitandukanye imihanda izwi nka “routes à péage” aho ikinyabiziga kiyikoresha ari ikiba cyishyuye. Amafaranga yishyurwa aba ari ay’umushoramari wubatse uwo muhanda, bigakorwa kugira ngo agaruze ayo yatanze.
-
Congo yahwitse Abanyamerika ko FDLR ari abasaza b’imyaka 70 badafite icyo batwaye u Rwanda
29 July 2024, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubucuruzi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Julien Paluku Kahongya, yabwiye abanyamakuru bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko abagize umutwe witwaje intwaro wa FDLR ari abasaza barimo abafite imyaka 70 y’amavuko, agamije kwerekana ko utagifite imbaraga zahungabanya umutekano.
-
Guverinoma yakuyeho ibihano ku bemera kugaragaza imisoro batatanze
29 February 2024, by Iradukunda SergeGuverinoma y’u Rwanda yemeje iteka rigamije gukuriraho ibihano abantu n’ibigo runaka bifite imisoro bitatanze, ariko bakaza kwemera kugaragaza ibyo birarane n’imyenda biturutse mu bushake bwabo.
-
Ibanga ryafashije Byukusenge ugiye gukora amateka yo gukina Tour du Rwanda ya 12 (Video)
22 February 2025, by Byiringiro Osée ElvisAmasaha arabarirwa ku ntoki ngo Tour du Rwanda ya 2025 itangire kuzenguruka urw’imisozi 1000 ku nshuro ya 17 kuva iri siganwa ry’amagare ryaba mpuzamahanga.
-
Madamu Jeannette Kagame yashimye ubutwari bw’abagize AVEGA-Agahozo bomoye ibikomere bya benshi
14 June 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteMadamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ubudaheranwa bw’abapfakazi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bibumbiye mu muryango AVEGA-Agahozo, bwatumye bakora ibikorwa bikomeye birimo kurera imfubyi, komora ibikomere ku rugero rurenze urw’undi muntu wese ndetse bakagira uruhare rukomeye mu guhuza Abanyarwanda bose.
IGIHE