Nyuma y’imyaka 20 inama mpuzamahanga ya Tokyo yiga ku iterambere rya Afurika (Tokyo International Conference on African Development) ibayeho, bwa mbere mu mateka igiye kubera ku mugabane wa Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > JICA
JICA
Articles
-
Bwa mbere mu mateka inama ya TICAD igiye kubera muri Afurika
16 August 2016, by Israel Ishimwe -
Abanyarwanda n’Abayapani basangiye imico y’ibihugu byombi
20 February 2015, by ClaudeAbakorerabushake b’Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe Iterambere (JICA) basangiye umuco n’Abanyarwanda barimo abarezi ndetse n’abanyeshuri biga muri College Doctrina Vitae na bo basogongezwa ku Muco Nyarwada ndetse n’iyo bahuriyeho, hagamijwe gukomeza umubano bafitanye.
-
Ambasaderi Kunio w’u Buyapani ashimira umubano w’igihugu cye n’u Rwanda
21 January 2013, by Mathias HitimanaAmbasaderi ucyuye igihe w’u Buyapani mu Rwanda, Kunio Hatanaka, yatangaje ko yishimira ubufatanye bw’u Rwanda n’u Buyapani mu myaka itatu yari amaze abuhagarariye.
Hatanaka, yatangarije abanyamakuru ko yishimira umubano w’igihugu cye n’u Rwanda nyuma y’ibiganiro yagiranye na Minisitiri w’intebe, Dr. Pierre Damien Habumuremyi kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Mutarama 2013, amusezeraho ko arangije imirimo ye mu Rwanda.
Hatanaka ati “Ndashimira Leta y’u Rwanda ku bufanye yagaragaje mu (…) -
U Buyapani bwatanze inkunga ya miliyoni 172 mu kuvugurura inkambi ya Kigeme
30 May 2012U Buyapani bwatanze inkunga ya miliyoni 172 y’amafaranga y’u Rwanda azifashihswa mu mirimo yo kuvugurura inkambi y’impunzi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe.
Amakuru dukesha igitangazamakuru cyandikira ku murongo wa interineti mu Rwanda, avuga ko iyi nkambi izakira impunzi z’abanyekongo zikomeje guhungira mu Rwanda kubera imirwano iri kubera mu gace k’Iburasirazuba bwa Repuburika iharanira Demukarasi ya Kongo.
Abanyekongo bagera ku bihumbi icyenda nibo bamaze guhungira mu Rwanda. Mu (…) -
Kenya: Perezida Kagame yasabye ibihugu kubyaza umusaruro ubushobozi byifitemo
1 September 2016, by Philbert GirinemaPerezida Paul Kagame kuva kuwa Gatanu ari muri Kenya aho yitabiriye inama mpuzamahanga ya Tokyo yiga ku iterambere rya Afurika, ‘Tokyo International Conference on African Development, TICADVI, inama isozwa kuri iki Cyumweru tariki 27 Kanama.
-
U Buyapani bwiyemeje guteza imbere ingufu n’ubuhahirane n’u Rwanda
26 June 2013, by Mathias HitimanaMinisitiri w’Intebe, Dr Pierre Damien Habumuremyi, yakiriye Ambasaderi Kazuya Ogawa w’u Buyapani watangiye imirimo yo guhagararira igihugu cye mu Rwanda muri Werurwe, baganira ku bizibandwaho mu gukomeza umubano w’ibihugu byombi birimo guteza imbere ingufu z’amashanyarazi.
Ambasaderi Kazuya nyuma y’ikiganiro yagiranye na Minisitiri w’Intebe, yavuze ko gukorana no gushimangira umubano w’u Buyapani n’u Rwanda ari byiza kuko ibihugu bijya guhuza amateka.
Ati “Muri Igihugu gifite intego, (…) -
Ikibazo cy’amazi kiracyari ingutu mu Burasirazuba
13 June 2012, by Olivier MuhirwaNubwo u Rwanda rwihaye intego yo kugeza amazi ku baturage bangana na 86% mu cyaro no kugera ku 100% mu mujyi muri uyu mwaka wa 2012, Uburasirazuba buracyagaragara ku ijanisha ryo hasi hasi mu kwegerezwa amazi.
Ibi byagaragaye mu nyigo y’ubushakashatsi bwakozwe ku nkunga y’umushinga w’abayapani JICA, ubushakashatsi bugamije kugaragaza uko hagezwa amazi mu byaro ndetse no kubungabunga ibikorwa bijyanye n’amazi ngo birusheho kuramba.
Nk’uko byatangajwe n’Umunyamabanga uhoraho muri (…) -
Intumwa y’u Buyapani yatangariye ibyo u Rwanda rumaze kugeraho
10 January 2015, by Philbert HagengimanaNyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi kuri uyu wa 9 Mutarama 2015, Umuyobozi w’umuryango w’Iterambere w’Abayapani JICA Dr. Akihiko Tanaka yatangariye ibyo u Rwanda rumaze kugeraho n’ubwo imiryango mpuzamahanga yatsinzwe ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi.
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu umuyobozi w’umuryango JICA, Dr. Akihiko Tanaka arimo mu Rwanda kuva tariki ya munani kugeza tariki ya 10 Mutarama, yatangaje ko n’ubwo imiryango mpuzamahanga ntacyo yakoze, yasanze nyuma (…) -
U Buyapani mu gufasha u Rwanda gutunganya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi
11 January 2013, by Mathias HitimanaU Buyapani bwatangaje ko bugiye kuzazana ikoranabuhanga rigezweho mu Rwanda rizafashishwa mu gutunganya umusaruro wo mu buhinzi n’ubworozi bikawongerera agaciro.
Ubwo Ambasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Kunio Hatanaka, yari mu nama yahuje abahinzi n’Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere RDB, yagaragaje ko u Buyapani bwiteguye kuzana ikoranabuhanga buhinzi n’u Bworozi mu Rwanda.
Hatanaka ati”Mu Buyapani inganda nto n’iziciriritse byateye imbere kubera ikoranabuhanga, nibyo dushaka no kuzana (…) -
Ambasaderi mushya w’u Buyapani yijeje ubufatanye abakuriye Inteko Ishinga Amategeko
14 June 2013, by Olivier MuhirwaKazuya Ogawa, Ambasaderi mushya w’u Buyapani mu Rwanda kuri uyu wa Kane yabonanye na Perezida wa Sena y’u Rwanda, aho baganiriye ku bufatanye bw’u Buyapani n’u Rwanda, maze Perezida wa Sena anaboneraho kumuha ikaze mu gihugu ku mirimo ye mishya.
Ambasaderi Kazuya avuga ko nk’uko yabisezeranije Perezida Kagame, azakomeza gufasha u Rwanda cyane cyane mu kwagura ubufatanye, gukangurira Abayapani gushora imari mu Rwanda, no kungurana ibitekerezo n’inzego zitandukanye ku bijyanye n’ubufatanye (…)
IGIHE