Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, yavuze ko abarimu bigisha amateka bakwiriye guhabwa amahugurwa yihariye bagasobanurirwa byimbitse amateka y’u Rwanda kugira ngo nabo babashe kuyasobanurira neza urubyiruko.
Home > Keywords > Kwibuka_Events > Kwibuka_Amafoto
Kwibuka_Amafoto
Articles
-
Prof Kalisa Mbanda asanga hakenewe amasomo yihariye ku barimu bigisha amateka y’u Rwanda
12 April 2018, by Ferdinand Maniraguha -
Perezida Kagame yacanye urumuri rw’icyizere mu gutangiza kwibuka Jenoside ku nshuro ya 24
7 April 2018, by IGIHEPerezida Paul Kagame ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umuhango wo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, bacana urumuri rw’icyizere cy’ahazaza h’abanyarwanda.
-
Abakozi ba Banki y’Abaturage bunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye i Kiziguro (Amafoto)
14 April 2018, by Jean Pierre TuyisengeAbakozi ba Banki y’Abaturage, BPR Atlas Mara, bunamiye Abatutsi bazize Jenoside bashyinguye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro ruherereye mu Karere ka Gatsibo banaremera abayirokotse.
-
#Kwibuka24: AU yifatanyije n’Abanyarwanda bahisemo gukoresha ubumwe nk’umuti w’urwango
7 April 2018, by Mukaneza M.AngeUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU wifatanyije n’u Rwanda mu gutangiza iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ushima cyane uburyo Abanyarwanda bahisemo ubumwe n’ubwiyunge nk’umuti wo guhashya urwango.
-
SORAS yibutse abari abakozi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi (Amafoto)
21 May 2018, by IGIHEMu gihe Abanyarwanda bakomeje kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abayobozi n’abakozi b’Ikigo cy’Ubwishingizi (SORAS) bibutse bagenzi babo bishwe bazira ubwoko.
-
Prof Tombola yasobanuye ubudasa bw’u Rwanda mu kurindisha imfungwa abo ziciye muri Jenoside
11 April 2018, by Israel IshimweUmuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Amasomo, Ubushakashatsi n’Imyigire muri UTB, Prof Dr. Tombola Gustave, yasobanuye umwihariko w’u Rwanda mu guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi, yitsa ku ntambwe yatewe mu bumwe n’ubwiyunge aho usanga abacungagereza barinda abagororwa babiciye ababo muri Jenoside.
-
Uko umuhango wo gutangiza icyumweru cyo #Kwibuka25 wagenze (Amafoto)
7 April 2019, by Philbert GirinemaKuri uyu wa 7 Mata 2019, Isi yose yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi. Abayobozi batandukanye barimo abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bitabiriye uyu muhango mu mujyo wo gukumira ko ibyaye mu Rwanda byakongera kubaho ukundi.
IGIHE