Perezida Paul Kagame yavuze ko abagore ari inkingi ikomeye y’imibereho myiza n’ubukungu by’igihugu kandi ko u Rwanda rwateye intambwe mu guha abagore n’abakobwa ubushobozi bukwiye.
Home > Keywords > TURASHOBOYE > Politiki
Politiki
Articles
-
Abagore ni inkingi ikomeye y’imibereho myiza n’ubukungu mu gihugu - Perezida Kagame
8 March 2018, by Mathias Hitimana -
1987-2017: Uko u Rwanda rwakuye umugore ku ishyiga rukamugeza mu ndege
30 November 2017, by Cyprien NiyomwungeriAmateka y’u Rwanda asobanura neza ko mu bihe byahise umugore yambuwe agaciro n’uburenganzira bwe bugahutazwa n’umuryango nyarwanda ndetse n’ubutegetsi bubi bwamuhezaga ku ishyiga no mu gikari, na we akabitwarira aho bigoramiye akemera kubaho mu butindi bwa mbuze uko ngira.
-
Ubuzima bwa Guverineri Mureshyankwano wakuranye amahirwe akagira n’ishaba muri politiki
6 March 2018, by Mathias HitimanaMureshyankwano Marie Rose ni umugore umwe uri mu ba Guverineri b’Intara z’u Rwanda, amaze imyaka hafi ibiri agiriwe icyizere cyo kuyobora n’Umukuru w’Igihugu. Ni Umunyapolitiki wivugira ko yaturutse kure, izingiro ry’amahirwe ye muri urwo ruhando rikaba kuri FPR Inkotanyi.
-
Bararurwanye! Ibyo utamenye ku rugamba rwaharuriye amayira umugore mu Rwanda
12 March 2018, by Rabbi Malo UmucunguziImibare mpuzamahanga ihamya ko u Rwanda rukataje mu guha umugore ijambo mu nzego zifata ibyemezo, mu Nteko Ishinga Amategeko bagera kuri 64% ndetse mu kuziba icyuho mu buringanire u Rwanda ni urwa kane ku Isi n’urwa mbere muri Afurika.
-
Uko amategeko yaharuriye amayira umugore, agahabwa ijambo mu nzego zose z’igihugu
8 March 2020, by Habimana JamesU Rwanda rumaze kubaka izina mu ruhando mpuzamahanga nk’igihugu cyahaye ijambo umugore, ku buryo umugore abarizwa mu nzego zose guhera mu buyozi bwite bwa leta, inzego z’ibanze, inzego z’umutekano n’ahandi.
IGIHE