Abakozi ba SORAS n’abafatanyabikorwa bayo bizihije isabukuru y’imyaka 30 SORAS imaze ibayeho, bishimira ibyagezeho, banasabwa gukomeza kwimakaza indangagaciro z’akazi kanoze no gutanga serivisi nziza nk’imwe mu nkingi z’imikorere y’iyi sosiyete y’imfura mu bwishingizi mu Rwanda.
Ibirori by’isabukuru byahuje abakozi ba SORAS barenga 300 muri Lemigo Hotel ku mugoroba wo kuwa 14 Ugushyingo 2014.
Umuyobozi w’Inama y’ubutegetsi ya ‘Group SORAS’, Mporanyi Charles, yagaragaje ko gutanga (…)
Home > Keywords > SORAS Widget > soras_slidenews
IGIHE
SORAS yizihije isabukuru y’imyaka 30 isaba abakozi gukomeza serivise nziza