Davis D umaze iminsi i Burayi yemeje ko yamaze kongerwa ku rutonde rw’abazaririmba mu Iserukiramuco ‘Afrobeats’ riteganyijwe kubera muri Pologne guhera ku wa 19-21 Nyakanga 2024.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Davis D yongewe mu Iserukiramuco azahuriramo n’abarimo Ruger, Tittom na Yuppe bakoze ‘Tshwala Bam’
10 July 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Papa Cyangwe wahuye n’uruva gusenya, yatangiye kwishakamo ibisubizo
10 July 2024, by Nsengiyumva EmmyPapa Cyangwe umaze iminsi arira ayo kwarika nyuma yo kwibwa shene ye ya Youtube yari asanzwe ashyiraho ibihangano bye, yamaze gufungura inshya agiye gutangira gushyiraho indirimbo ze.
-
Umubare kuri site urivugira! Cyusa yakomoje ku mvano y’indirimbo ye nshya ‘Twatsinze’
10 July 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo kwitegereza imibare y’abitabira ibikorwa byo kwamamaza Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi ku ma site atandukanye, umuhanzi Cyusa Ibrahim yashyize hanze indirimbo yise ‘Twatsinze’.
-
Drake yibasiwe n’abafana ba Argentine, Celine Dion agarutse ku rubyiniro: Avugwa mu myidagaduro yo hanze
11 July 2024, by Mahoro VainqueurUmuraperi Drake ntiyishimiwe n’abafana ba Argentine nyuma y’aho agiye mu mukino agatega ibihumbi 300$ yemeza ko Canada itsinda Argentine mu mikino ya Copa America.
-
Ni ibitangaza! Raphael Benza wabaye ‘Manager’ wa AKA nyuma yo kwitabira ibikorwa byo kwamamaza Kagame
11 July 2024, by Nsengiyumva EmmyRaphael Benza wabaye ‘Manager’ w’umuhanzi AKA wubatse izina muri Afurika y’Epfo, amaze iminsi i Kigali ndetse ni umwe mu bihumbi by’abitabiriye igikorwa cyo kwamamaza Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame i Gicumbi.
-
I Kigali hagiye kumurikirwa filime ‘Sarfira’ yahuriwemo na Akshay Kumar na Radhika Madan
11 July 2024, by Nsengiyumva EmmyFilime ‘Sarfira’ igaragaramo abakinnyi b’ibyamamare muri sinema y’u Buhinde barimo Akshay Kumar n’umukunzi we Radhika Madan igiye gushyirwa hanze, izerekanirwa i Kigali ahitwa Canal Olympia.
-
Ibyo wamenya kuri filime ‘Twisters’ irimo Edgar-Jones na Glen Powel, igiye kwerekanwa i Kigali
11 July 2024, by Idukunda Kayihura Emma SabineMu mpera z’iki Cyumweru turi gusoza abakunzi ba sinema bazaba birebera filime nshya zirimo iyitwa ‘Twisters’ irimo ibyamamare Edgar-Jones na Glen Powel igiye kwerekanwa i Kigali.
-
Zizou Alpacino yateguje album yahurijeho abahanzi barenga 20
11 July 2024, by Nsengiyumva EmmyZizou Alpacino yamaze guteguza album ‘Success from suffering’ igizwe n’indirimbo 11 yahurijeho abahanzi barenga 20 ateganya gushyira hanze mu minsi iri imbere.
-
Nyirangondo wamamaye kubera imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’ yitabye Imana
11 July 2024, by Nsengiyumva EmmyNyirangondo Espérance wamamaye kubera imvugo ‘Abakobwa bafite ubushyuhe’, yanaje kwifashishwa mu ndirimbo ‘Ubushyuhe’ ya DJ Pius na Bruce Melodie, yitabye Imana.
-
Minisitiri Dr. Utumatwishima mu bitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy (Amafoto)
12 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah ni umwe mu magana y’urubyiruko rwitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy cyabereye mu ihema rya Camp Kigali ku wa 11 Nyakanga 2024.
IGIHE