Junior Rumaga yavuze ko yahisemo guca umusaraba wa Yezu ku ishapure ye, bitewe n’uko yari mu bihe yari yikoreye umusaraba we wo gutunganya album ye ya kabiri yise ‘Era’.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Rumaga yasobanuye uburyo imisaraba yikoreye yatumye aca uwa Yezu ku ishapure
7 June 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Gukorera Wizkid, Urukundo rwe na Miss Kelia n’iby’indirimbo ye nshya: Element yiniguye (Video)
7 June 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’iminsi mike Element Eleéeh asohoye indirimbo yise ‘Milele’, uyu muhanzi yahishuye ko yamutwaye arenga miliyoni 30 Frw, anahakana amakuru y’urukundo n’inkumi iyigaragaramo cyane ko byari bikomeje kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga.
-
Dr Claude yasubiyemo indirimbo ‘Contre Succès’ avuga ibigwi Perezida Kagame
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’iminsi mike Dr. Claude agarutse mu Rwanda, aho yari amaze imyaka icyenda atagera, uyu muhanzi yavuze ko yatunguwe n’iterambere ryarwo cyane, agahitamo gusubiramo indirimbo yise ‘‘Contre Succès’ avuga ibigwi Perezida Kagame.
-
Alliah Cool na Irakoze Ariane mu barahiriye kwinjra mu Muryango wa FPR-Inkotanyi
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmyAbakinnyi ba filime barimo Irakoze Ariane na Alliah Cool kimwe n’urubyiruko rufite amazina akomeye mu myidagaduro y’u Rwanda, barahiriye kuba abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi.
-
Amatike yarashize: Ibyaranze iyerekanwa rya filime ‘Bad Boys: Ride or Die’ i Kigali
11 June 2024, by Nsengiyumva EmmyKuva ku wa 7-9 Kamena 2024 mu Mujyi wa Kigali kuri Canal Olympia herekanywe filime ‘Bad Boys: Ride or Die’ yari imaze iminsi mike cyane ku isoko, ariko isize inkuru y’uko iminsi itatu yose yerekanwe amatike yashiraga ku isoko.
-
Impinduka ku gitaramo cya Sheebah Karungi ugiye gutaramira i Kigali
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmySheebah Karungi uri mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo gitegerejwe kubera muri Camp Kigali ku wa 17 Kanama 2024, ni mu gihe mu minsi ishize hari hasohotse amakuru y’uko yagombaga kugikora ku wa 3 Kanama 2024.
-
Nk’undi musore narabigerageje! Zeotrap yahishuye impamvu yatumye agendera kure ibiyobyabwenge (Video)
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmyZeotrap udahisha ko yagerageje gukoresha ibiyobyabwenge, yahishuye ko gutinya kuzabifatanwa akaba yafungwa aribyo byatumye ahitamo kubigendera kure mu gihe yari yiyemeje kuyoboka umuziki nk’akazi ke.
-
Anita Pendo yiyongereye mu bazakina Huye Rally 2024
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmyAnita Pendo yerekeje mu Karere ka Huye aho yagiye kwiga imihanda azakoresha mu isiganwa rya Huye Rally 2024 agiye gukina ku nshuro ye ya mbere, bimugira umugore wa gatatu w’Umunyarwandakazi winjiye muri uyu mukino.
-
Umunsi Jay C anywa ’Mugo’ (Video)
8 June 2024, by Nsengiyumva EmmyKimwe n’abandi basore babyiruka, Jay C ahamya ko hari igihe yigeze gushaka kugwa mu bishuko byo kunywa ibiyobyabwenge icyakora Nyagasani agakinga akaboko bikarangira atabiguyemo kuko atakomeje kugendana n’ibigare by’ababikoresha.
-
Umujyi wa Kigali wanze kumva ubusabe bwa Jay C, umutegeka kwisenyera
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Jay C wari uherutse gutakambira Umujyi wa Kigali awusaba kumuha igihe cy’umwaka akoresha ahantu yubatse ubwugamo n’ubusitani mu butaka bwawo, ntabwo yigeze yumvwa ahubwo yasabwe kwisenyera ndetse yanamaze kubishyira mu bikorwa.
IGIHE