Kimwe n’abandi basore babyiruka, Jay C ahamya ko hari igihe yigeze gushaka kugwa mu bishuko byo kunywa ibiyobyabwenge icyakora Nyagasani agakinga akaboko bikarangira atabiguyemo kuko atakomeje kugendana n’ibigare by’ababikoresha.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Umunsi Jay C anywa ’Mugo’ (Video)
8 June 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Umujyi wa Kigali wanze kumva ubusabe bwa Jay C, umutegeka kwisenyera
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Jay C wari uherutse gutakambira Umujyi wa Kigali awusaba kumuha igihe cy’umwaka akoresha ahantu yubatse ubwugamo n’ubusitani mu butaka bwawo, ntabwo yigeze yumvwa ahubwo yasabwe kwisenyera ndetse yanamaze kubishyira mu bikorwa.
-
Mu mafoto 50: Ibihe byaranze igitaramo ‘Migabo’ cya Cyusa
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo kuwa 8 Kamena 2024 Cyusa Ibrahim wamamaye mu gukora umuziki gakondo, yakoze igitaramo cye cya mbere agicyerezamo Perezida Kagame cyane ko yari yaranacyitiriye indirimbo ‘Migabo’ yamutuye.
-
Israel Mbonyi yashimishije abakunzi be bo mu Bubiligi mu gitaramo cyitabiriwe na Burugumesitiri wa Bruxelles (Amafoto)
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMu gitaramo yakoreye mu Bubiligi, Israel Mbonyi wakiriwe ku rubyiniro na Burugumesitiri wa Bruxelles witwa Philippe Close, yahaherewe igihembo yashyikirijwe na Team Production yamutumiye ashimirwa kuba ariwe muhanzi wo muri Afurika y’Iburasirazuba ukunzwe i Burayi.
-
Aline Gahongayire yateguje igitaramo i Burayi
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyAline Gahongayire witabiriye igitaramo cya Israel Mbonyi mu Bubiligi, yateguje icyo ateganya kuhakorera mu Ukwakira 2024.
-
Mani Martin agiye gutaramira muri Amerika
9 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMani Martin yatumiwe mu Iserukiramuco ‘Freedom celebration’ rizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 29 Kamena 2024. Ibi birori bitegurwa n’umuryango Ramjaane Joshua Foundation washinzwe n’umunyarwenya Ramjaane Joshua.
-
Doctall Kingslay yatanze ibyishimo ku bitabiriye ‘Iwacu Summer Comedy Festival’ (Amafoto)
10 June 2024, by Peacemaker PunditUmunyarwenya wo muri Nigeria, Doctall Kingslay, usigaye yiyita Ntakirutimana yataramiye abakunda urwenya bari bateraniye i Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha ‘Expo Ground’.
-
Ihangana hagati y’abaraperi rifasha Hip Hop gutera imbere - Zeotrap (video)
10 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Zeotrap uri mu bagezweho muri iyi minsi, yavuze ko we atemeranya n’abakunze guhamya ko gushyira hamwe hagati y’abaraperi ari cyo kintu cyabafasha gutera imbere, yemeza ko kudashyira hamwe nawo waba undi muvuno.
-
Urwibutso rwa Rusine Patrick wataramiye aho yaciraga inshuro mu 2018
10 June 2024, by Peacemaker PunditUbwo Rusine Patrick yataramiraga abitabiriye iserukiramuco rya ’Iwacu Summer Comedy Festival’ mu gitaramo cyabereye i Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha, yahishuye ko ahafite urwibutso rudasanzwe kuko mu 2018 yahakoreraga imirimo itandukanye kugira ngo abone amaramuko.
-
Christopher na Chriss Eazy bibwe n’umuntu utaramenyekana
10 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuntu utaramenyekana yigabye mu nzu ya Christopher yibamo mudasobwa ebyiri, ndetse aniba telefoni igendanwa ya Chriss Eazy wari waje gukoresha amashusho y’indirimbo ’Sekoma’ iri gukorwa mu murumuna wa Christopher usanzwe ukora amashusho y’indirimbo.
IGIHE