Ikipe ya Rayon Sports ni imwe mu makipe yatangiye CECAFA Kagame Cup neza, aho yatsinze ibitego 2-0 mu mukino wa mbere yahuyemo na KVZ SC yo muri Zanzibar.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Rayon Sports yatangiye CECAFA Kagame Cup neza itsinda KVZ- Uko umukino wagenze (Amafoto)
26 July, by Iradukunda Olivier, Eric Tony Ukurikiyimfura -
Rayon Sports yahozaho?
27 July, by Iradukunda Olivier -
Chelsea yasubiye ku cyo yanze
28 July, by IGIHEIkipe ya Chelsea iri gushaka uko yakongera ubunararibonye mu bakinnyi bayo, aho kuri ubu yifuza Maxence Lacroix, Danny Welbeck na Jordan Henderson ndetse imyaka yabo igaragaza ko iyi kipe yo mu Burengerazuba bwa Londres ishobora kuba iri guhindura uburyo isanzwe ikoresha mu kugura abakinnyi.
-
Singida Black Stars FC yanyagiye Mogadishu City muri CECAFA Kagame Cup- Uko umukino wagenze (Amafoto)
28 July, by Iradukunda Olivier -
APR FC ikomeje kudatsindwa, Sunrise FC yavuye mu murongo utukura
28 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisAPR FC yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, Sunrise FC itsinda Gorilla FC ibitego 2-1, mu mikino isoza iy’umunsi wa 28 wa Shampiyona yabaye ku Cyumweru, tariki 28 Mata 2024.
-
Kigali Universe yakiriye umukino wa mbere w’umupira w’amaguru wahuje Abanya-Sudani (Amafoto na Video)
29 April 2024, by Jah d’eau DukuzeShampiyona y’Umupira w’Amaguru ya Diaspora ya Sudani yasorejwe muri Kigali Universe, imbere ya Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Umuyobozi wa APR FC ndetse na Vice kapiteni wayo Sharif Eldin Shibboub.
-
Simba SC yongeye kubura intsinzi, Jamus SC ya Muhire Kevin ikomeza kuyobora itsinda muri CECAFA (Amafoto)
28 July, by Iradukunda Olivier -
Rayon Sports yiyongereye amahirwe yo gukina ½ cya CECAFA itsinda Tusker FC- Uko umukino wagenze (Amafoto)
29 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC yasezerewe muri CECAFA, Vipers SC isiga Rayon Sports mu ihurizo (Amafoto & Video)
30 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Jamus SC ya Muhire Kevin yageze muri 1/2 cya CECAFA, Simba SC irasezererwa- Uko imikino yagenze (Amafoto)
31 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE