Riderman, Element, Muttima, Oda Paccy, Mike Kayihura, Amag The Black, Icenova, Nel Ngabo na Platini n’abandi bahanzi batandukanye, bakoze mu nganzo basohora indirimbo zagufasha kuryoherwa na weekend ya nyuma ya Mata. Hanze y’u Rwanda, naho Celine Dion, Madonna, Johnny Drille, Omarion, Akon, Olivia Rodrigo, BNXN, Pallaso n’abandi bafite indirimbo nshya.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Riderman, Element, Nel Ngabo na Platini mu bakoze mu nganzo: Indirimbo za weekend
25 April, by Gilbert Ukwizagira -
The Unit bisunze Passy Kizito; Lil G, Alyn Sano, Kivumbi na Bushali mu bakoze mu nganzo - Indirimbo za Weekend
2 May, by Gilbert UkwizagiraNk’uko bimaze kumenyerwa, buri mpera z’icyumweru IGIHE igerageza gushaka indirimbo nshya zafasha abakunzi b’umuziki kuryoherwa n’iminsi y’ikiruhuko bumva indirimbo nshya ziganjemo iz’abahanzi bo mu Rwanda ariko tutibagiwe n’iz’abo hanze.
-
Kwinjira byari arenga miliyoni 1Frw: Ibyo wamenya ku gitaramo Rick Ross yahuriyemo na Davido muri Zambia
2 May, by Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo ku wa 1-2 Gicurasi 2026, Rick Ross na Davido bataramiye i Lusaka muri Zambia mu gitaramo cyari cyihagazeho kuko itike ya make yaguraga arenga miliyoni 1Frw.
-
Prince Kiiiz yatashye studio ye
24 May 2024, by Nsengiyumva EmmyProducer Prince Kiiiz uri mu bagezweho muri iyi minsi, yamaze gutaha studio ye nshya nyuma yo gusoza amasezerano muri Country Records ariko impande zombi ntizibashe kongera gukorana.
-
Bruce Melodie na Element EleéeH berekeje mu Bwongereza
24 May 2024, by Peacemaker PunditBruce Melodie na Element EleéeH bafashe indege berekeza mu Bwongereza mu gitaramo bazakorera mu Mujyi wa Londres ku wa 25 na 26 Gicurasi 2024.
-
Stéphane Aziz Ki wavuzweho gushakwa na APR FC, ari mu rukundo na Hamisa Mobetto
24 May 2024, by Uwiduhaye TheosHamisa Mobetto uri mu banyamideli bakomeye muri Tanzania wanabyaranye na Diamond Platnumz, aravugwa mu rukundo na Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans (Yanga), aho byanavuzwe ko ashobora kuba ari kwifuzwa na APR FC yo mu Rwanda.
-
‘Yambwiye ko akunda u Rwanda’: Jolly Mutesi yahuye na Raila Odinga
24 May 2024, by Nsengiyumva EmmyJolly Mutesi umaze iminsi mu Bwongereza aho yitabiriye Inama ihuza Abanyafurika biga muri Kaminuza ya Oxford, yahahuriye na Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Kenya, ahamya ko mu byo baganiriye, harimo no kuba Odinga yamubwiye ko akunda u Rwanda.
-
Kimenyi Yves yahamije ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafitanye abana b’impanga
7 May, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga.
-
Bwa mbere hazagurishwa amatike mu birori bya ‘Zacu Gala’ bigiye kuba ku nshuro ya gatatu
8 May, by Nsengiyumva EmmyIbirori bya ‘Zacu Gala’ bitegurwa na ‘Zacu Entertainment’ bigiye kuba ku nshuro ya gatatu, ndetse bikazaba birimo n’impinduka zikomeye zirimo no kuba abafana bazabasha kubyitabira baguze amatike.
-
Kevin Kade, Humble Jizzo, Aline Gahongayire, Ish Kevin na Major X mu bakoze mu nganzo – Indirimbo za Weekend
9 May, by Gilbert UkwizagiraNkuko benshi bamaze kubimenyera mu mpera z’icyumweru IGIHE ibakusanyiriza indirimbo ziganjemo iz’abahanzi bo mu Rwanda ndetse n’abo hanze baba bakoze mu nganzo bagaha abakunzi babo ibihangano bishya.
IGIHE