Nyuma y’iminsi humvikana ukwijujuta kw’abagana inyubako za BK Arena na Stade Amahoro, ubuyobozi bwa ‘QA Venue Solutions’ icunga ibi bikorwaremezo, bwabishyizeho umucyo busobanura inzira zose binyuramo kugira ngo ibi bikorwaremezo bikoreshwe mu buryo buboneye.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Ibyo guhenda kwa BK Arena na Stade Amahoro n’ibindi byijujutirwa: Ikiganiro na Ntigengwa wa QA Venue Solutions ibicunga (Video)
12 May, by Nsengiyumva Emmy -
Bushali na Mike Kayihura, Bruce Melodie, Alyn Sano mu muziki mushya – Indirimbo za Weekend
16 May, by Gilbert UkwizagiraBimaze kumenyerwa ko IGIHE ibagezaho indirimbo z’abahanzi batandukanye ziba zarasohotse mu cyumweru kiba kirangiye mu gukomeza wa mujyo wo kubafasha kugira weekend nziza.
-
Samu wifuza kuba Umudepite yahishuye uburyo yakoropye ishuri kubera ifoto ya Butera Knowless
25 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMuco Samson wamenyekanye nka Samu wo mu itsinda rya Zuby Comedy, yahishuriye Butera Knowless uburyo yakoropeshejwe ishuri kugira ngo abone ifoto ye, ndetse bikaza kurangira ayicyuye akanayimanika mu cyumba cye.
-
Mico The Best yabaye imbarutso! Ibyo wamenya kuri album igiye guhuriramo Riderman na Bulldogg ku nshuro yabo ya mbere
25 May 2024, by Uwiduhaye TheosAbaraperi Riderman na mugenzi we mugenzi Bulldogg ku nshuro ya mbere bagiye gushyira hanze album bahuriyeho, igizwe n’indirimbo zirindwi; ikaba yarakozwe biturutse kuri Mico The Best.
-
Bushali na B Threy baririmbiye abantu mbarwa i Lille (Amafoto)
25 May 2024, by Nsengiyumva EmmyAbaraperi Bushali na B Threy bamaze iminsi ku Mugabane w’u Burayi aho bitabiriye Iserukiramuco ryitwa ‘Africa Fest’ baririmbiye abantu bake cyane mu ijoro ryo ku wa 24 Gicurasi 2024, mu gitaramo cyatunguranye kuko ubusanzwe aba bahanzi bari mu bafite izina rikomeye mu Rwanda.
-
Umunsi Drake yifuza gutaramira i Kigali mu 2023
16 May, by Nsengiyumva EmmyUmwe mu bahanzi bagezweho ku Isi ndetse unakomeje kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki ni Drake, ndetse byahishuwe ko mu 2023 yifuje gutaramira i Kigali icyakora birangira bidakunze.
-
Zabyaye amahari hagati ya Yampano n’umukunzi we
17 May, by Utuje CedricIshyamba si ryeru hagati ya Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano n’umukunzi we wamenyekanye nka ‘Vava’. Uyu muhanzi yamushinje kuba yarakuyemo inda yari yaramuteye eshatu ndetse akemeza ko uyu mukobwa yanamwibye ibikoresho byo mu nzu.
-
Shakira yasabye abana bo muri ‘Ghetto Kids’ kuzamubyinira mu gikombe cy’Isi
20 May, by Nsengiyumva EmmyShakira yongeye kugaragaza umutima wo gushyigikira impano z’abana n’urubyiruko nyuma yo gutumira abana bo muri ‘Ghetto Kids’ mu birori byo gusoza Igikombe cy’Isi 2026.
-
Utah Nice, Chriss Eazy, Ish Kevin, Kenny Sol, Bwiza, Riderman…mu bakoze mu nganzo; Indirimbo za Weekend
23 May, by Nsengiyumva EmmyTwinjiye muri ‘Weekend’ nyuma y’icyumweru cy’akazi kari kagutwaye imbaraga nyinshi, niba usanzwe uri umukunzi w’umuizki, uko biri kose ukeneye kuruhuka wiyumvira indirimbo nshya zasohotse mu gihe wari uhuze.
-
Bruce Melodie yasabye imbabazi abafana na APR FC
26 May 2024, by Mahoro VainqueurMbere yo kwerekeza i Londres , Bruce Melodie yasabye imbabazi abafana ba APR FC bari biteze kumubona abataramira mu birori byo kwakira igikombe cya Shampiyona iyi kipe yashyikirijwe mu birori byabaye tariki 12 Gicurasi 2024.
IGIHE