Umuraperi Riderman uri mu bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, yavuze ko nubwo abahanzi bishimira bikomeye ko Leta yabatekerejeho ikabaha Minisiteri ishinzwe guteza imbere abahanzi, bakeneye kurushaho kubona ibikorwa byayo.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Icyo Riderman abona Minisiteri ishinzwe abahanzi ikwiriye gukora ngo batere imbere (Video)
27 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Impamvu igitaramo cy’abarimo The Ben na Diamond cyagombaga kubera i Washington DC kitabaye
27 May 2024, by Peacemaker PunditByari byitezwe ko abahanzi bo muri Afurika barimo abo mu Rwanda batatu, The Ben, Li John na Ony X bagombaga gutaramira i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 23-26 Gicurasi 2024, icyakora byarangiye iserukiramuco bari batumiwemo risubitswe bitunguranye.
-
France Mpundu yongeye kwambikwa impeta na Moctar
28 May, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo kwambikirwa impeta mu kiganiro ‘The Secret Story’, France Mpundu yongeye kwambikwa indi na Moctar ishimangira urukundo uyu Munya-Niger yakunze uyu muhanzi.
-
France Mpundu utwite yongeye kugaragara ku rubyiniro
7 June, by Nsengiyumva EmmyFrance Mpundu yongeye kugarukwaho cyane nyuma yo gutaramira abakurikiye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cy’irushanwa “Nouvelle Reine”, aho yagaragaye aririmba atwite inda nkuru, ariko ntibimubuze gukoresha imbaraga ze zose.
-
Kirikou Akili arembeye mu Bufaransa
7 June, by Nsengiyumva EmmyKirikou Akili uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi i Burundi arembeye mu Bufaransa aho amaze iminsi. Bivugwa ko yarozwe.
-
Mu mafoto 130: UB40 Ft Ali Campbell yatanze ibyishimo i Kigali mu gitaramo cyitabiriwe n’abakuze (Amafoto)
9 June, by Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo ku wa 9 Kamena 2026, UB40 Ft Ali Campbell riri mu matsinda afite amazina akomeye mu muziki w’Isi ryataramiye i Kigali, mu gitaramo cyabereye muri BK Arena, icyakora bitandukanye n’ibindi bijya bibera muri iyi nyubako, iki cyitabiriwe n’abiganjemo abakuze mu myaka.
-
Abana bafashwa na Sherri Silver mu bihumbi by’abitabiriye igikorwa ‘Walk the talk’ mu Busuwisi
27 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMu mpera z’icyumweru kirangiye, ibihumbi by’abarimo abana bafashwa na ‘Sherri Silver Foundation’ bari bakoraniye mu Busuwisi ahabereye igikorwa cyiswe ‘Walk the talk’ gitegurwa n’ Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS).
-
Kivumbi yateguje igitaramo cyo kumurika album ye ‘Ganza’ (Video)
27 May 2024, by Nsengiyumva EmmyKivumbi King nyuma yo gushyira hanze album ye nshya yise ‘Ganza’ yamurikiye abakunzi be ku wa 24 Gicurasi 2024, yateguje igitaramo cyo kuyimurika.
-
I Nyagatare nzamukubira karindwi -The Ben yateguje Bruce Melodie kumusubira (Amafoto)
16 June, by Nsengiyumva EmmyThe Ben wikomanga mu gatuza nyuma yo gukorera igitaramo cyiza i Musanze, yateguje Bruce Melodie kuzamukubitira inshuro i Nyagatare aho ibitaramo bya ‘Summer Country Tour’ bizaba byerekeje ku wa 20 Kamena 2026.
-
‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ yasize ibyishimo i Huye mu gitaramo cyabimburiye ibindi (Amafoto)
20 June, by Eric Tony UkurikiyimfuraAbahanzi umunani bazasusurutsa abazitabira ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026” batangiriye urugendo rwabo i Huye, aho bataramiye abakunzi babo mu gitaramo cyari cyatumiwemo Nemeye Platini ‘Platini P’ wegukanye ‘Primus Guma Guma Super Star’ mu 2017.
IGIHE