Umunyamakuru unakunze kwiyambazwa mu birori nk’umushyushyarugamba, Mugire Bianca yahishuye ko ukwezi gushize yakoze impanuka ikomeye yari imuhitanye ariko Imana ikinga ukuboko.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Ndi koroherwa - Bianca ku mpanuka yari imuhitanye
27 February, by Nsengiyumva Emmy -
Abimazemo imyaka 20: Indirimbo 25 z’ibihe byose zakozwe na Ishimwe Clement
28 February, by Nsengiyumva EmmyIshimwe Clement wa KINA Music agiye kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki, ndetse agiye no gushyira hanze album ye ihuriyeho abahanzi benshi.
-
Ben na Chance basuye BK Arena bitegura gukoreramo igitaramo
2 March, by Nsengiyumva EmmyItsinda rya Ben na Chance ryitegura gutaramira muri BK Arena ku wa 5 Mata 2026, ryasuye iyi nyubako rizakoreramo igitaramo cy’amateka.
-
Bruce Melodie ugiye gutaramana na Sheebah Karungi yageze mu Bubiligi
3 March, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie yageze i Bruxelles mu Bubiligi kuri uyu wa 3 Werurwe 2026, aho yitabiriye igitaramo azahakorera ku wa 7 Werurwe 2026 akazagihuriramo na Sheebah Karungi wo muri Uganda na we utegerejweyo ku wa 5 Werurwe 2026.
-
Umusore waserutse mu ikanzu yasekeje abitabiriye ibirori byo kumurika album ‘Ganza’ ya Kivumbi (Amafoto)
18 May 2024, by Nsengiyumva EmmyUmusore wihinduye umukobwa mu myambarire, akaba umwe mu bari baje kwitabira ibirori byo kumva album ya Kivumbi, yarangaje abafana cyane nyuma yo guseruka yambaye ikanzu, akanayibyinana mu buryo bwasekeje abatari bake.
-
Ni umufana wa Perezida Kagame! Umunyarwenya Doctall Kingsley yavuze inkomoko y’urwo akunda u Rwanda
18 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMuri iyi minsi abakurikira imbuga nkoranyambaga z’umunyarwenya Doctall Kingsley bakomeje gutungurwa n’uburyo agaragaza urukundo rukomeye ku Rwanda, aho akunze no gutebya yiyita ’Umunyarwanda’.
-
King James agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki
8 March, by Nsengiyumva EmmyRuhumuliza James wamamaye nka King James yateguje igitaramo ateganya kwizihirizamo imyaka 20 amaze mu muziki gitegerejwe ku wa 1 Kanama 2026.
-
Dlala Thukzin uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo ategerejwe mu gitaramo i Kigali
11 March, by Nsengiyumva EmmyThuthuka Wandile Zindlovu wamamaye nka Dlala Thukzin mu muziki wa Afurika y’Epfo ategerejwe mu gitaramo ‘Atmosphera’ gisanzwe gitegurwa na DJ Lamper.
-
Uyu ni umwaka wanjye- Marina wongeye kwitabira ‘Iwacu Muzika Festival’
12 March, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’imyaka itanu atagaragara ku rutonde rw’abataramira abakunzi b’umuziki muri ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, Marina yemejwe ko azitabira ibi bitaramo biteganyijwe kuzenguruka u Rwanda.
-
Ruti Joël yatunguranye i Kampala mu gitaramo cya Massamba Intore (Amafoto)
20 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMu mpera z’icyumweru gishize, Massamba Intore yari mu Mujyi wa Kampala aho yakoreye igitaramo gikomeye cyabereye muri Kampala Serena Hotel mu ijoro ryo ku wa 18 Gicurasi 2024.
IGIHE