Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rwatangiye iperereza kuri DJ Brianne na Djihad bakurikiranweho icyaha cyo gukangisha gusebanya.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
RIB yatangiye iperereza kuri DJ Brianne na Djihad
16 May 2024, by IGIHE -
Kuva kuri ‘Biryogo’ kugeza ku ‘Itara’: Davis D agiye kwizihiza imyaka icumi amaze mu muziki
16 May 2024, by Nsengiyumva EmmyIcyishaka Davis wamamaye mu muziki nka Davis D ni umwe mu basore bakiri bato ariko bafite izina rikuze mu muziki w’u Rwanda amazemo igihe, kuva kuri ‘Biryogo’, indirimbo yamugize icyamamare kugeza ku ‘Itara’ iyoboye izindi zose yakoze zigakundwa bikomeye, agiye kwizihiza imyaka igera ku icumi ari mu ruganda rw’umuziki w’u Rwanda.
-
Element EleéeH yahawe igihembo na AFRIMA nk’utunganya imiziki wahize abandi
12 January, by Nsengiyumva EmmyElement EleéeH yegukanye igihembo cy’utunganya imiziki wahize abandi (Producer of the Year) mu mwaka, muri AFRIMA Awards.
-
Nyuma y’igihe atumvikana mu muziki w’u Rwanda, Producer Mastola yagarutse
16 May 2024, by Uwiduhaye TheosProducer Mastola Kikene Jacques wamamaye cyane mu myaka myinshi ishize nka Mastola akaba umuhanga mu gutunganya indirimbo, yongeye kugaruka ku ruhando rwa muzika nyarwanda nyuma y’imyaka myinshi yimukiye muri Kenya.
-
B Threy na Bushali berekeje i Burayi (Amafoto)
16 May 2024, by Nsengiyumva EmmyB Threy na Bushali bamamaye mu njyana ya Kinyatrap berekeje ku Mugabane w’u Burayi aho bagiye gukorera ibitaramo bitandukanye, birimo ibizabera mu Bufaransa, mu Bubiligi no muri Pologne.
-
Element ni we Munyarwanda uzaba ikirangirire ku Isi- Tom Close
12 January, by Nsengiyumva EmmyTom Close uri mu bahanzi bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda yahamije ko Element EleéeH ari we muhanzi utanga icyizere cyo kuba ikirangirire mu muziki w’Isi.
-
Burna Boy yagowe no kwinjira muri Marroc kubera imikufi ihenze
19 January, by Nsengiyumva EmmyBurna Boy wari utegerejweho gususurutsa abakunzi b’umupira w’amaguru muri Marroc mu mpera z’icyumweru gishize, ariko yagowe no kwinjira muri iki gihugu kubera imikufi myinshi kandi ihenze yari yambaye.
-
Indirimbo 10 zakozwe zigamije kwamamaza zigahinduka ‘hits’
31 January, by Uwiduhaye TheosBamwe mu bahanzi bakunze kuvuga ko ‘hit’ cyangwa indirimbo ikunzwe idategurwa, ahubwo uyishyira hanze ugatungurwa n’uko buri wese kugeza no ku mwana uri kwiga kuvuga atangira kuyiririmba no kuyikunda.
-
Bruce Melodie akomeje kwandika amateka mu ngendo zo kwamamaza ‘Pom Pom’
3 February, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie umaze iminsi azenguruka mu bihugu binyuranye muri gahunda zo kumenyekanisha indirimbo ‘Pom Pom’,, bivugwa ko buri gihugu agiyemo ari kugisohokamo akoranye n’abandi bahanzi.
-
Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?
6 February, by Nsengiyumva EmmyNizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro, ni nyuma y’uko agaragaye mu mashusho yishimanye n’inkumi izwi cyane muri sinema nka Queen Ringo.
IGIHE