Icyumweru ku kindi, twahisemo kujya tugeza ku badukurikira indirimbo zitandukanye zagiye hanze, yaba iz’abahanzi bo mu Rwanda cyangwa mu mahanga.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Annette Murava yifashishije Gafaranga, Jules Sentore, Mbonyi, Element na Riderman bakora mu nganzo…Indirimbo nshya za Weekend
25 October 2025, by Uwiduhaye Theos -
Umunyamideli Mr. Lus yatunguriye umukunzi we ku kibuga cy’indege amwambika impeta (Amafoto)
29 October 2025, by Nsengiyumva EmmySekamana Eric wamamaye nka Mr. Lus, yatunguriye umukunzi we ku Kibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Kigali amwambika impeta nyuma yo kumusaba ko barushinga undi nawe atazuyaje agahita abyemera.
-
Indirimbo nshya za Weekend: Element, Big Dom, Mr. Kagame, Jay C, Nel Ngabo na Platini mu bakoze mu nganzo
1 November 2025, by Uwiduhaye TheosMuri iki Cyumweru, abahanzi batandukanye bo mu Rwanda n’abo mu mahanga bakoze mu nganzo. Mu Rwanda, Element yashyize hanze indirimbo nshya, Nel Ngabo na Platini nabo bahuza imbaraga mu ndirimbo y’urukundo.
-
Zeotrap mu nzira zo gufungura studio y’umuziki azacururizamo n’imyenda
2 November 2025, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Zeotrap ari muri gahunda zo gufungura studio y’umuziki ari kubaka, ariko azajya anacururizamo imyenda ye ya Kavu Music ndetse na Visit Nyamirambo amaze iminsi acuruza yifashishije ikoranabuhanga.
-
Ibyago bitavugwa ku bakobwa bari mu myidagaduro:Ubuhamya bw’abanyamakuru Tessy na Blandy Star (Video)
13 May 2024, by Nsengiyumva EmmyUmunyamakuru wa Isango Star, Yvonne Kayitesi umaze kubaka izina nka Tessy na Uwase Blandine wamenyekanye nka Blandy Star akaba akora kuri TV10, bahuriye mu kiganiro ‘This&That’, birekuye bagaragaza ko abakobwa bari mu ruganda rw’imyidagaduro bahura n’ibigusha byinshi birimo ruswa ishingiye ku gitsina, ari nabyo bituma bamwe badakunda kubirambamo.
-
Rideman, Khalifan, Kivumbi, Yampano, France Mpundu, Là Reïna bakoze mu nganzo…indirimbo nshya za weekend
8 November 2025, by Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
-
Amb. Gashumba yashimiye Element wabamaze imbeho y’i Burayi
9 November 2025, by Nsengiyumva EmmyAmb. Diane Gashumba yashimiye bikomeye Element EleéeH ku bw’igitaramo yakoreye muri Suède agatanga ibyishimo bisendereye ku bacyitabiriye, ahamya ko yahesheje ishema u Rwanda.
-
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire
11 November 2025, by Nsengiyumva EmmyThe Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka.
-
Filime zamuhenze, kwinjira muri sinema n’inama ku bashya mu ruganda: Nelly Misago wa Zacu Entertainment twaganiriye
12 November 2025, by Nsengiyumva Emmy, Uwiduhaye TheosNi we uri inyuma y’ibikorwa byinshi bya filime zitandukanye, zubatse izina mu Rwanda guhera mu myaka irenga 15 ishize, ndetse kuri ubu amaze gutanga umusanzu ukomeye mu ruganda rwa sinema ku buryo afatwa nk’inkingi mwikorezi.
-
Bobi Wine yatunguranye agaragara aririmba indirimbo ya Israel Mbonyi
12 November 2025, by Nsengiyumva EmmyBobi Wine umaze iminsi yiyamamariza mu Burengerazuba bwa Uganda, yifashishije indirimbo ya Israel Mbonyi ‘Nzi ibyo nibwira’ ashimira bikomeye abatuye mu gace ka Kisoro aho yari avuye.
IGIHE