Clapton Kibonge yatangiye gushyira hanze filime nshya yise ‘Icyaremwe gishya’, yagize igitekerezo cyayo mu minsi ishize ubwo yari ari mu bitaro arembye nyuma yo kubagwa igihaha.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Clapton Kibonge yatangiye gusohora filime yanditse arembye
15 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Belyse Hitayezu wakanyujijeho mu rukundo na Tizzo ‘Active’ yerekanye umusore yihebeye (Amafoto)
15 May 2024, by Nsengiyumva EmmyHitayezu Belyse wamenyekanye ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda kuva mu 2014, 2015 no mu 2016 akongera kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Tizzo wo mu itsinda rya Active yerekanye umusore yihebeye.
-
Ibitaravuzwe ku mpanuka yari ihitanye The Ben avuye gukora indirimbo ‘Ndaje’
16 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMu 2019 ubwo The Ben yari avuye gukora indirimbo ‘Ndaje’, yakoze impanuka ikomeye ari kumwe na Zizou Alpacino, icyakora Imana ikinga ukuboko birangira nta kibazo ayigiriyemo ndetse amakuru yayo agirwa ibanga cyane.
-
Bruce Melodie yaremeye umubyeyi uzunguza imigati i Nyabugogo (Amafoto)
16 December 2025, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’ikiganiro n’abanyamakuru yakoreye mu Mujyi wa Kigali ari kumwe na The Ben, ku wa 15 Ukuboza 2025, Bruce Melodie yaratunguranye agaragara i Nyabugogo aho yavuye aremeye umubyeyi uzunguza imigati.
-
Uko Umushumba yabaye imbarutso y’indirimbo The Ben yakoranye na Gisubizo Ministry
19 December 2025, by Nsengiyumva EmmyMu buryo butunguranye, The Ben yagaragaye mu gikorwa cyo gufata amashusho y’indirimbo nshya yakoranye na Gisubizo Ministry, icyakora andi makuru ahari agahamya ko imbarutso y’ikorwa ryayo ryavuye ku munyarwenya Umushumba.
-
France Mpundu yakoranye indirimbo na Paulo Chakal ugezweho muri Côte d’Ivoire
20 December 2025, by Nsengiyumva EmmyFrance Mpundu umaze iminsi muri Côte d’Ivoire aho ari mu bikorwa binyuranye n’umukunzi we Moctar, yakoranye indirimbo na Paulo Chakal uri mu bahanzi bagezweho muri iki gihugu.
-
Kevin Kade waserukanye na Jasinta Makwabe, yasusurukije abitabiriye ibirori bya ‘Abryanz Style & Fashion Awards’
20 December 2025, by Nsengiyumva EmmyKevin Kade ni umwe mu bitabiriye ibiori bya ‘Abryanz Style & Fashion Awards’ byabereye muri Kampala Serena Hotel byitabirwa n’ibyamamare bitandukanye binarimo Jasinta Makwabe banaserukanye ku itapi y’umutuku.
-
Afite ubuhanga bwihariye! Twumvane EP ya Neema Rehema uri mu mfura z’ishuri ry’umuziki ry’ u Rwanda
15 May 2024, by Uwiduhaye TheosUmuhanzikazi Mutesi Neema Rehema[Neema Rehema], uri mu bakobwa batanu bari mu mfura z’ishuri ryisumbuye ry’Umuziki ryahoze ku Nyundo nyuma rikaza kwimukira i Muhanga; yashyize hanze Extended Play[EP] igizwe n’indirimbo esheshatu.
-
Israel Mbonyi yujuje BK Arena ku nshuro ya kane; uko igitaramo cyagenze (Amafoto)
25 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Nsengiyumva EmmyUmuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israël [Israel Mbonyi], yanyuze abitabiriye igitaramo cye “Icyambu 4” cyabereye muri BK Arena ku wa 25 Ukuboza 2025, cyasojwe amaze amasaha ane ku rubyiniro.
-
Blue Aiva na Sheilah Gashumba bategerejwe mu gitaramo cya DJ Spinny bageze i Kigali
26 December 2025, by Nsengiyumva EmmyMu gihe habura umunsi umwe ngo igitaramo ‘Spinny & Friends’ kibere muri Zaria Court, Sheilah Gashumba ukunze kwiyita Lil Stunner wo muri Uganda na Blue Aiva wo muri Afurika y’Epfo bamaze kugera i Kigali bacyitabiriye.
IGIHE