Myugariro Buregeya Prince wakiniraga AS Kigali, yerekeje muri Nairobi United FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Kenya, izanakina CAF Confederations Cup.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Buregeya Prince yabonye ikipe muri Kenya
22 August 2025, by Byiringiro Osée Elvis -
Azam FC yakosoye APR FC mu irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryegukanywe na Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
24 August 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC isobanya mu mashyi no mu mudiho: Ibyo twabonye mu irushanwa ’Inkera y’Abahizi’
25 August 2025, by Iradukunda OlivierImikino y’irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryashyizweho akadomo ku wa 24 Kanama 2025, risiga byinshi byo kwibaza ku mwaka utaha w’imikino by’umwihariko ku makipe yaryitabiriye, aho harimo ayitwaye neza nka Police FC yaryegukanye, ndetse na APR FC yasize inkuru mbi imusozi ikaba iya nyuma.
-
Abakinnyi 24 bazahagararira Australia muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali
26 August 2025, by Iradukunda OlivierIshyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Australia ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazahagararira iki gihugu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda hagati ya tariki ya 21 na 28 Nzeri 2025.
-
Rayon Sports y’Abagore yitegura CECAFA yaguze Umunya-Tanzania
27 August 2025, by Byiringiro Osée ElvisRayon Sports y’Abagore yaguze Umunya-Tanzania, Mpanja Housna Ayoub wakiniraga Geita Queens y’iwabo.
-
Infantino yikomye amakipe ashora akayabo mu bagura abakinnyi
20 April 2024, by Iradukunda OlivierPerezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yikomye amakipe ashora amafaranga menshi mu bayashakira abakinnyi kuko nta ruhare bigira mu guteza imbere umupira w’amaguru.
-
Byagenze bite ngo Mayanja waririmbwaga muri Sunrise, mu gihe gito abe arwana no kutamanuka?
20 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisTariki 1 Ugushyingo 2024 nibwo Sunrise FC yatangaje Jackson Mayanja nk’umutoza mushya asimbuye Muhire Hassan wari umaze kwirukanwa kubera umusaruro mubi.
-
Amakipe ya APR yihariye Irushanwa ryo Kwibuka muri Basketball (Amafoto & Video)
21 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisAPR BBC yatsinze Patriots amanota 86- 63, iy’abagore nayo itsinda REG WBBC amanota 86-81 zegukana Irushanwa ryo Kwibuka abahoze ari abakinnyi n’abakunzi ba Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Shema Fabrice yatorewe kuba Perezida wa 16 wa FERWAFA (Amafoto)
30 August 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraDr. Shema Ngoga Fabrice wari Perezida wa AS Kigali, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
-
Rurangwa Mossi yasubiye muri Police FC
30 August 2025, by Byiringiro Osée ElvisMyugariro Rurangwa Mossi wakinaga muri Vision FC, yasubiye muri Police FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri.
IGIHE