Amakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo zikomeje kwiharira isoko.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Talib ni we uzatoza APR FC, Camarade yahawe amasezerano muri Bugesera FC, Rayon Sports igiye gusinyisha batatu: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Mbere
16 June 2025, by IGIHE -
Umutoza wa Rayon Sports asanga abakinnyi be bari gusabwa ibyo badafite
18 April 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmufaransa utoza Rayon Sports, Julien Mette, yavuze ko ikipe akinisha uyu munsi, yiganjemo abakinnyi bahoze ari abasimbura ku buryo bisaba kugira byinshi bihinduka mu mutwe wabo kugira ngo bashobore gutanga umusaruro.
-
TP Mazembe yanze kwambara ‘Visit Rwanda’ ishobora kubiryozwa
18 April 2024, by Iradukunda OlivierIkipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanze ibyo kwambara Visit Rwanda ku myambaro yo mu irushanwa rya Africa Football League ishobora kubiryozwa, igakatwa ibihumbi 450$ kuri miliyoni 1$ yari guhabwa.
-
Amezi umunani ku buyobozi bwa Rayon, gutakaza igikombe no kutumvikana kw’inzego: Twagirayezu twaganiriye
19 June 2025, by Iradukunda Olivier, Uwimana AbrahamKu wa 16 Ugushyingo 2024, impundu zavuze urwunge mu bafana ba Rayon Sports, ubwo bari babonye ubuyobozi bushya, bwiganjemo abigeze kuyobora iyi kipe n’ubundi mu bihe byahise ubwo yari iri ku gasongero.
-
Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano muri Gorilla FC
20 June 2025, by Byiringiro Osée ElvisUmutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri Gorilla FC yari amazemo undi.
-
Baracyari ikipe yanjye- Perezida Kagame kuri Arsenal yasezerewe na Bayern Munich
18 April 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraPerezida Paul Kagame yatangaje ko azakomeza kuba inyuma ya Arsenal nubwo yasezerewe na Bayern Munich muri 1/4 cya UEFA Champions League.
-
Juventus yategetswe kwishyura Cristiano Ronaldo miliyoni 8.3£
18 April 2024, by Iradukunda OlivierJuventus yo mu Butaliyani yategetswe kwishyura Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo wayikiniye miliyoni 8.3£ y’ibirarane by’imishahara itamuhaye mu gihe cy’icyorezo cya Covid-19.
-
Kugura abakinnyi ba ‘saison itaha’, ahazava ubushobozi n’aho yifuza kuzasiga Rayon Sports: Twagirayezu yavuze
23 June 2025, by Iradukunda Olivier, Uwimana AbrahamMu gihe habura igihe gito ngo imikino mpuzamahanga itangire, ndetse habura n’iminsi mike amakipe azahagararira ibihugu muri CAF Champions League na CAF Confederation Cup agatanga ibisabwa byose birimo n’abakinnyi azifashisha muri iyo mikino, Ikipe ya Rayon Sports isa n’aho ituje ku isoko, kandi bivugwa ko izongeramo abakinnyi batari munsi ya 10.
-
Basketball: Dylan Kayijuka yabonye ikipe nshya muri Canada
23 June 2025, by Byiringiro Osée ElvisKayijuka Dylan wakiniraga Canada Topflight Academy yerekeje muri Carleton Ravens, ikipe ya Kaminuza ya Carleton University ibarizwa muri Ottawa muri Canada.
-
Cristiano Ronaldo yongereye amasezerano muri Al-Nassr
26 June 2025, by Byiringiro Osée ElvisCristiano Ronaldo yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite.
IGIHE