Nk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Danny Nanone yashyize hanze EP, Riderman, Tom Close na Ish Kevin bakora mu nganzo…Indirimbo nshya za Weekend
22 March 2025, by Uwiduhaye Theos -
Ibyo wamenya kuri Richard Quaye wahuje Davido na Diamond mu birori by’isabukuru ye
22 March 2025, by Nsengiyumva EmmyUbusanzwe yitwa Richard Nii-Armah Quaye, akaba umugabo uvugwaho gutunga agatubutse nubwo akiri muto, dore ko aherutse kwizihiza isabukuru y’imyaka 40.
-
The Ben yakiriye iwe abanyarwenya bitabiriye igitaramo cya ‘Gen-Z Comedy’
27 March 2025, by Nsengiyumva EmmyThe Ben wari umaze iminsi mu bitaramo bizenguruka ibihugu by’i Burayi, yakiriye iwe abanyarwenya bo muri Uganda bitabiriye igitaramo cyo kwizihiza imyaka itatu ya ’Gen-Z Comedy’.
-
Yahurijweho Bushali, ZeoTrap, B Threy: Ibyihariye kuri album ‘Kinyarwanda’ ya Dr Nganji
1 May 2024, by Nsengiyumva Emmy‘Kinyarwanda’ ni album nshya ya Ngabonziza Dominique uzwi nka Dr. Nganji muri muziki, ikaba iya kane asohoye nyuma y’izitwa Doze yasohoye mu 2018, After Doze yasohoye mu 2019 na Over Doze yagiye hanze mu 2023.
-
Umuhanzikazi Bel yakeje Awilo Logomba wamuremyemo icyizere cyo gukora umuziki
2 April 2025, by Nsengiyumva EmmyUwase Belinda winjiranye mu muziki izina rya Bel, yongeye gushimira Awilo Logomba, umwe mu bari bagize akanama nkemurampaka ka ‘The Voice Africa,’ ahamya ko ari we wamuremyemo icyizere cyo gukora umuziki.
-
Chryso yashyize hanze EP, Element, Ish Kevin mu bakoze mu nganzo... Indirimbo nshya za Weekend
5 April 2025, by Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri Cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
-
Kwibuka31: Umunyarwenya Doctall Kingsley ‘Ntakirutimana’ yatanze umukoro ku bahanzi Nyarwanda
10 April 2025, by Nsengiyumva EmmyKingsley Ogbonna wamamaye mu gutera urwenya nka Doctall Kingsley ariko akaba akunze kwiyita “Ntakirutimana”, izina ryo mu Rwanda yihaye kubera gukunda iki gihugu, yifatanyije n’Abanyarwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, aha umukoro abahanzi Nyarwanda.
-
Wizkid na Davido mu ntambara y’amagambo, umubyeyi w’imyaka 60 arashaka kuba Miss Universe: avugwa mu myidagaduro
30 April 2024, by Uwiduhaye TheosUtereye akajisho ku nkuru zitandukanye ziriwe zicaracara mu myidagaduro wabona nyinshi, cyane ko benshi babarizwa muri iki gisata batajya biburira na gato.
-
Umusizi Rumaga yateguje album ya kabiri y’ibisigo 12
1 May 2024, by Nsengiyumva EmmyRumaga Junior umusizi umaze kubaka izina mu Rwanda yamaze guteguza abakunzi be album ya kabiri y’ibisogo yise ‘Era’ iyi ikazaba ikurikira iyitwa ‘Mawe’ yamurikiye abakunzi be mu gitaramo yakoze muri Kanama 2023.
-
Yafanaga Tom Close, agaconga ruhago yiyita ‘Iniesta’: Byinshi ku rugendo rw’umuramyi Prosper Nkomezi (Video)
1 May 2024, by Nsengiyumva EmmyProsper Nkomezi uri mu baramyi bagezweho muri iki gihe yahishuye ko nubwo yakuriye mu muryango w’abemera Imana cyane ko Se umubyara yari Pasiteri, we atahise yisanga mu gakiza agaruka ku rugendo rurerure byamusabye kugenda mbere yo kumaramaza mu murimo w’Imana.
IGIHE