Ababyinnyi Jojo Breezy na Divine Uwa bari bamaze umwaka mu munyenga w’urukundo uyu munsi batangiye urugendo rushya rw’ubuzima aho buri wese yemeza ko yamaze gutandukana n’undi.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Iby’urukundo rwa Jojo Breezy na Divine Uwa byajemo rwangendanyi
4 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Passy Kizito yabonye abafatanyabikorwa bashya mu muziki
7 May 2024, by Uwiduhaye TheosUmuhanzi Passy Kizito usigaye yiyita KIPA, yatangiye imikoranire n’ikigo gikorera mu Bwongereza mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha ibikorwa bye mu muziki.
-
Ishoramari rya miliyari zirenga 3 Frw, Chris Brown i Kigali, ibya Element, Ross Kana na Kenny Sol: Ikiganiro na Kenny wa 1:55 AM
7 June 2025, by Nsengiyumva Emmy, Uwiduhaye TheosInzu ifasha abahanzi ya 1:55AM ni imwe mu zimaze gushyira itafari rikomeye mu muziki Nyarwanda. Ni yo ibarizwamo Bruce Melodie ndetse ni nayo yagize uruhare mu ndirimbo zirimo iyo yakoranye na Shaggy yatumye izina rye rimenyekana muri Amerika.
-
Ni ibintu bisanzwe i Burayi - Josh Ishimwe ku birori byo guhamba ubusore yakorewe
11 June 2025, by Nsengiyumva EmmyJosh Ishimwe uri mu myiteguro y’ubukwe bwe, yavuze ko yatunguwe n’ukuntu abantu bakiriye ibirori byo guhamba ubusore yakorewe, yemeza ko i Burayi aho byabereye bo babifata nk’ibintu bisanzwe.
-
Bianca yibwe imodoka
12 June 2025, by Uwiduhaye TheosBianca wamamaye mu itangazakuru mu Rwanda, yibwe imodoka ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Kamena 2025, aho bayibiye mu rugo.
-
Chryso Ndasingwa yatanze umwitangirizwa; Ibihe byaranze igitaramo cyo kumurika album ye
6 May 2024, by Mugisha ChristianUmunsi Ndasingwa Chrysostome uzwi ku izina rya Chryso ry’ubuhanzi yatangaje ko igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere kizabera muri BK Arena, uwavuga ko hari abamukwennye cyangwa abamuteze iminsi ntiyaba abeshye, ariko we ntiyahwemye kugaraza ko nta bwoba na buke bimuteye.
-
Uburwayi bwatumye Muyango atazagaragara mu gitaramo cya Cyusa
6 May 2024, by Nsengiyumva EmmyImyiteguro y’igitaramo cya Cyusa Ibrahim irarimbanyije. Nyuma yo gutangaza Inganzo Ngari na Ruti Joël nk’abazamushyigikira, uyu mugabo yongeyeho na Mariya Yohana, icyakora ababajwe n’uko Muyango atazabasha kuririmba muri iki gitaramo.
-
Patoranking, Tiwa Savage na Mr Flavour bashyigikiye Diamond watangiye kwandika amateka mu Bwongereza
14 June 2025, by Nsengiyumva EmmyAbahanzi bakomeye muri Nigeria barimo Tiwa Savage, Patoranking na Mr Flavour bitabiriye igitaramo Diamond yakoreye mu Bwongereza akabasha kuzuza inyubako ya ‘Royal Albert Hall’ ijyamo abantu ibihumbi bitanu.
-
Shizzo na Tessy bavugwa mu rukundo, bagiye kururyohereza i Dubai
14 June 2025, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Shizzo na Tessy uri mu nkumi zubatse izina mu itangazamakuru by’umwihariko ubwo yakoraga ku Isango Star, bari kubarizwa mu Mujyi wa Dubai aho bivugwa ko bashobora kuva uyu mukobwa yambitswe impeta y’urukundo.
-
Dexta Rapper na Se bagezweho muri Uganda, bataramiye i Kigali
16 June 2025, by Nsengiyumva EmmyDexta Rapper n’umubyeyi we bagezweho by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 15 Kamena 2025 ubwo hizihizwaga imyaka icumi akabyiniro ka ‘People club’ kamaze.
IGIHE