Abaraperi Bushali na B Threy basanzwe bari mu bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda batumiwe mu gitaramo kigiye kubera i Lille mu Bufaransa.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Bushali na B Threy bagiye gutaramira mu Bufaransa
2 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Coach Gael na we arababwe?
21 April 2025, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’imyaka itagera kuri itanu mu muziki, Coach Gael yatunguranye agaragaza ko arambiwe ibyo gushora amafaranga no gufasha abantu nta nyungu abitezemo.
-
Mushake ikindi gitutsi kitarimo Nyoko - Kate Bashabe abwira abashira isoni
24 April 2025, by Nsengiyumva EmmyUmunyamideli akaba na rwiyemezamirimo, Kate Bashabe, yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi, avuga ko ibyo bikorwa bidakwiriye, ko by’umwihariko umubyeyi w’umugore atari uwo kwifashisha mu bitutsi.
-
Riderman yasubije Pacson umufitiye inzika
29 April 2025, by Nsengiyumva EmmyRiderman yanze kuripfana, asubiza Pacson uherutse guhamya ko amaze imyaka amufitiye inzika, nyuma y’uko yitabiriye igitaramo cye bikarangira akuwe ku rubyiniro mu buryo ahamya ko bugayitse.
-
Bishop Gafaranga yatawe muri yombi
7 May 2025, by Nsengiyumva EmmyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga akurikiranweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina.
-
The Ben, Kevin Kade na Chriss Eazy bashyize umucyo ku byavugwaga ko bashishuye Makanyaga
8 May 2025, by Nsengiyumva EmmyMu gihe ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hari hakomeje kwibazwa ukuntu The Ben, Kevin Kade na Chriss Eazy baba barakoresheje amwe mu magambo yo mu ndirimbo ya Makanyaga Abdoul batamusabye uburenganzira, aba bahanzi babishyizeho umucyo.
-
Natacha Ndahiro yahamije ko yanakina filime akora imibonano mpuzabitsina (Video)
8 May 2025, by Nsengiyumva EmmyNatacha Ndahiro umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda, yemeje ko nta kintu byamutwara gukina filime akora imibonano mpuzabitsina, mu gihe yaba abona ko hari icyo igiye kumumarira mu buzima.
-
Selena Gomez aryohewe n’urukundo, Drake yasubije Lamar, Gérard Depardieu mu nkiko: Agezweho mu myidagaduro hanze
1 May 2024, by Uwiduhaye TheosMu makuru y’imyidagaduro yo hanze y’u Rwanda yiriwe acaracara ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye ku isi ndetse no muri Afurika harimo inkuru zitandukanye zigaruka ku bahanzi baririmba, abakinnyi ba filime n’abandi.
-
Fally Ipupa yateguje igitaramo i Goma, abafana bamureba ikijisho
2 May 2024, by Nsengiyumva EmmyAbaturage b’i Goma bakomeje guha inkwenene Fally Ipupa wahateguje igitaramo gihanitse mu biciro mu gihe imibereho muri uyu mujyi ikomeje kugorana bitewe n’intambara iwukikije.
-
DJ Phil Peter, Alyn Sano, B-Threy mu bakoze mu nganzo … Indirimbo za Weekend
10 May 2025, by Uwiduhaye TheosMuri iki cyumweru turi gusoza abahanzi batandukanye baba abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka mu Rwanda no mu mahanga bakoze mu nganzo.
IGIHE