Chiboo uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi, yatangaje ko agitangira umuziki yahuye n’imbogamizi zatewe n’uko iwabo batemeraga icyo cyemezo, bikaza no kumuviramo kuva iwabo.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Umuziki wagoye Chiboo kugeza ubwo umutandukanyije n’umuryango
22 July, by Nsengiyumva Emmy -
Ramjaane Joshua yashyikirije ubwisungane mu kwivuza abantu 1000
22 July, by Nsengiyumva EmmyUmunyarwenya Joshua Niyoyita, uzwi nka Ramjaane Joshua, abinyujije mu muryango Ramjaane Joshua Foundation, yatangiye gushyira mu bikorwa umuhigo wo kwishyurira abantu 5000 ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé), aho yamaze kubushyikiriza igihumbi ba mbere bo mu Mirenge ya Kamabuye na Ngeruka mu Karere ka Bugesera.
-
The Ben yiyemeje gufasha mubyara we winjiye muri ’Gospel’
23 July, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’igihe adafasha umuhanzi mushya mu buryo buhoraho kuva yakorana na Shaffy muri sosiyete ye ya RockHill Music, The Ben agiye gutangira gushyigikira umusore ukizamuka mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.
-
Yugi Umukaraza yafunzwe by’agateganyo ku cyaha kitari ugusambanya Shaddyboo
23 July, by Nsengiyumva EmmyUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Iradukunda Olivier, uzwi nka Yugi Umukaraza, afungwa by’agateganyo iminsi 30, nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha cyo gukora ibikorwa bifitanye isano no gukoresha ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo.
-
Oldies Music Festival, Iwacu Muzika Festival,Gen-Z Comedy, Intayoberana na Rwanda Auto Fest… Twinjirane muri Weekend ishyushye
23 July, by Nsengiyumva EmmyUbusanzwe bavuga ko impeshyi ijyana n’ibirori byinshi, kandi ni ko bimeze muri iyi minsi. Uretse ubushyuhe busanzwe bw’ikirere, n’ubw’imyidagaduro burazamuka, aho hirya no hino hategurwa ibitaramo n’ibirori bikomeye.
-
Chiboo wakuranye inzozi zo kuba umusirikare yinjiye mu muziki nk’impanuka (Video)
24 July, by Nsengiyumva EmmyChiboo uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi, yavuze ko nubwo yakuranye inzozi zo kuzaba umusirikare, bitagenze uko yabyifuzaga ahubwo yisanze mu muziki mu buryo butunguranye.
-
Nick wamamaye muri ‘City Maid’ yavuze ibyo kuva muri sinema (Video)
23 July, by Nsengiyumva EmmyEmmanuel Ndayizeye wamamaye nka Nick muri filime City Maid ndetse no ku izina rya Nick Dimpoz mu muziki, yavuze ko nubwo amaze igihe atagaragara cyane muri sinema, atigeze ayivamo kuko ikiri kimwe mu byo akunda kandi agifiteho intego.
-
The Ben ni we muhanzi w’imena uzaririmba mu birori byo kwizihiza imyaka ine ya Gen-Z Comedy
24 July, by Nsengiyumva EmmyThe Ben yemejwe nk’umuhanzi mukuru uzaririmba mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka ine ishize ibitaramo by’urwenya bya Gen-Z Comedy bitangiye gutegurwa. Ni igitaramo giteganyijwe ku wa 13 Kanama 2026.
-
Narasenze ndaniyiriza nshaka ’nyash’ - Umuhanzi Ava Peace
24 July, by IGIHEUmuhanzi wo muri Uganda, Ava Peace, yatangaje ko yigeze gusenga ndetse akaniyiriza, asaba Imana ko yahindura imiterere y’umubiri we, nyuma y’uko abanyeshuri biganaga bamukwenaga bamubwira ko adafite ikibuno kinini.
-
Yugi Umukaraza yajuriye
24 July, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rufashe icyemezo cyo gukurikirana Yugi Umukaraza afunze iminsi 30 y’agateganyo, uyu musore yamaze kujuririra Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.
IGIHE