Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rwaguze imigabane yose Banki ya Kigali (BK Group Plc) yari ifite muri BK General Insurance Ltd (BKGI), mu rwego rwo kongera imbaraga mu bikorwa by’ubwishingizi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > MainSlideNews
MainSlideNews
Articles
-
RSSB yegukanye BK General Insurance kuri miliyari 31,7 Frw
1 September, by Jean de Dieu Tuyizere -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abagize Inama y’Ubutegetsi ya RDB
2 September, by IGIHEPerezida Paul Kagame, yitabiriye inama y’abagize Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), aho basuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu burangajwe imbere n’ibikorwa by’abikorera.
-
Kugura Inyange, Ruliba na BK Insurance bizungura iki utanga umusanzu muri RSSB?
1 September, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rwafashe icyemezo cyo kugura imigabane yose ya Inyange Industries itunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, Ruliba Clays ikora ibikoresho by’ubwubatsi na BK General Insurance itanga serivisi z’ubwishingizi rusange, rubikora kugira ngo rwongere agaciro k’ishoramari ryarwo.
-
Miliyari 133 Frw mu maboko ya RSSB: Agaciro n’inyungu bya BK General Insurance, Inyange na Ruliba Clays
1 September, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) ruherutse kugura imigabane yose ya Inyange Industries, Ruliba Clays na BK General Insurance, biruha ububasha busesuye kuri ibi bigo bitatu bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu.
-
Mu mufuka w’umubyeyi uzatangiza umwana ishuri mu 2026/27
2 September, by Nshimiyimana Jean BaptisteAbize kera amashuri biga babamo acyishyuza ibihumbi 10 Frw ku gihembwe ubu bareba imbaraga bisaba kugira ngo umwana atangire ishuri mu mashuri yisumbuye cyangwa anakomeze iki cyiciro arimo bikaba insobe. Nubwo iyi nkuru yibanda ku mashuri yisumbuye, n’abajya mu y’inshuke cyangwa abanza iyo ari ayigenga biba bihenze.
-
Urugendo Ndikuriyo yateganyije i Kigali rwaciye igikuba mu butegetsi bw’u Burundi
2 September, by IGIHEUrugendo Perezida w’ikipe ya Aigle Noir FC, Révérien Ndikuriyo, yateganyije kugirira i Kigali rwateje impaka mu buyobozi bukuru bw’u Burundi, aho bivugwa ko Perezida Évariste Ndayishimiye yamutegetse kutayiherekeza mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Intumwa zihariye z’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku ntambara mu karere
2 September, by IGIHEPerezida Kagame yaganiriye n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, James Swan, n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga wa Loni mu Karere k’Ibiyaga bigari, Huang Xia, ku ngaruka ikibazo cy’intambara yo mu burasirazuba bwa RDC kigira ku mutekano w’u Rwanda n’uburyo hakenewe gukemura umuzi wacyo.
IGIHE