Guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 16 Ukuboza 2024, u Rwanda ruzaba igihugu cya mbere cya Afurika cyakiriye itangwa ry’Ibihembo bya FIA ubwo i Kigali hazaba habereye Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka ku Isi (FIA).
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Ibyitezwe mu Nama ya FIA, inzira yo kuyakira n’icyo u Rwanda ruzungukiramo: Minisitiri Nyirishema twaganiriye
6 December 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Rayon Sports yanganyije na APR FC mu mukino wanditse amateka muri ruhago y’u Rwanda; uko wagenze (Amafoto)
7 December 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Jah d’eau Dukuze -
APR FC yatsinze Mukura VS 4-2 ifata umwanya wa kabiri muri Shampiyona; uko umukino wagenze (Amafoto)
14 December 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Rayon Sports yatsinze AS Kigali ikomeza kuyobora Shampiyona yemye; uko umukino wagenze (Amafoto)
14 December 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Haruna Niyonzima yasubiye muri AS Kigali ku nshuro ya gatatu
16 December 2024, by Byiringiro Osée ElvisHaruna Niyonzima uheruka gutandukana na Rayon Sports, yasinye amasezerano y’amezi atandatu muri AS Kigali asubiyemo ku nshuro ya gatatu.
-
Rayon Sports yasuye Urwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, yunamira abazize Jenoside (Amafoto & Video)
9 April 2024, by Jah d’eau DukuzeUmuryango mugari wa Rayon Sports kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Mata wifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, basura Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro.
-
Urubyiruko 150 rukina koga rugiye kwigishwa amateka ya Jenoside
11 April 2024, by Iradukunda OlivierIshyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu Rwanda (RSF), ryateguye Irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa abazaryitabira bakabanza gusobanurirwa no kwiga amateka yayo.
-
FERWABA mu myaka ine ishize n’ibyo yakwitegwaho muri manda itaha: Mugwiza Désiré yabivuzeho
18 December 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraMu mpera z’iki cyumweru, ku wa 21 Ukuboza 2024, hateganyijwe amatora ya Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wa Basketball (FERWABA).
-
FIFA yashimye Iran yemereye abagore kujya ku bibuga
20 December 2024, by Iradukunda OlivierPerezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimye intambwe yatewe na Iran yemereye abafana b’abagore kugera ku kibuga cy’umupira w’amaguru.
-
Irankunda Isihaka ukinira Ikipe y’Igihugu yo Koga arashinjwa ubushurashuzi n’umukunzi we
22 December 2024, by IGIHEUmukinnyi w’Ikipe y’Igihugu yo Koga, Irankunda Isihaka ‘Bebeto’, arashinjwa n’umukunzi we ukoresha amazina ya Annie Chou kuri Instagram, kumuca inyuma ku bagore n’abakobwa batandukanye bo mu Rwanda.
IGIHE