Ikipe ya Orion BBC yaguze Umunya-Cameroun, Beleck Bell, Niyonkuru Pascal uzwi nka Kaceka na Icyishatse Hervé bose bakinaga muri REG BBC.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Batatu bakinaga muri REG BBC berekeje muri Orion BBC
23 December 2024, by Byiringiro Osée Elvis -
Uko Nshuti Savio yamenye amateka ya Jenoside, umukinnyi wayimubajijeho n’umunsi wa mbere asura Urwibutso
11 April 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraKapiteni wa Police FC, Nshuti Dominique Savio, yavuze ko kurangwa n’urukundo hagati y’Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko ari kimwe mu byafasha kwirinda ko ibihe bibi u Rwanda rwanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bitazongera kuba.
-
Godwin Odibo wa APR FC yageneye ubutumwa abamushidikanyaho
30 December 2024, by Jah d’eau DukuzeGodwin Odibo ukinira APR FC yatangaje ko akifitiye icyizere kandi akomeje gukora cyane, nubwo hamaze iminsi hari amakuru avuga ko ashobora gutandukana n’iyi kipe y’ingabo z’igihugu.
-
Amavubi yatsinze Sudani y’Epfo ayisezerera mu majonjora yo gushaka itike ya CHAN 2024
28 December 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Rayon Sports yatsinze Police FC isiga APR FC amanota umunani; uko umukino wagenze (Amafoto)
4 January 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Mukura VS yatsinze Rayon Sports 2-1 ikuraho agahigo kayo ko kudatsindwa
11 January 2025, by Jah d’eau Dukuze -
Charles Bbaale yasabye gutandukana na Rayon Sports
18 January 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraRutahizamu w’Umunya-Uganda, Charles Bbaale, yandikiye Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano bafitanye kubera ko asanga atagifite imbaraga zo kuyifasha muri uyu mwaka w’imikino.
-
Infatino yakeje ubuvugizi bwa Mulisa Jimmy kuri Ruhago y’Abafite Ubumuga
11 April 2024, by Iradukunda OlivierPerezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yagaragaje ko yanyuzwe n’ubufatanye bw’Umunyabigwi Mulisa Jimmy na Ruhago y’Abafite Ubumuga.
-
Ibyo wamenya kuri bamwe mu bakinnyi bakomeye bishwe muri Jenoside
12 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisImyaka 30 irashize u Rwanda n’Abanyarwanda bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yaguyemo abarenga miliyoni igasenya ubuzima bwose bw’igihugu.
-
Julien Chaignot watozaga Dynamo yerekeje muri Orion BBC
19 January 2025, by Byiringiro Osée ElvisUmufaransa Julien Chaignot watozaga Dynamo BBC y’i Burundi yerekeje muri Orion BBC ikina muri Shampiyona y’u Rwanda.
IGIHE