Igikomangoma cya Wales, Charles uzahagararira Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II i Kigali mu nama ya Commonwealth, yakiriye abantu batandukanye mu musangiro ubanziriza iyi nama.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > CHOGM2022
CHOGM2022
Articles
-
Prince Charles anyotewe no gusura u Rwanda ku nshuro ya mbere
10 June 2022, by Philbert Girinema -
Amashuri yo mu Mujyi wa Kigali azafunga mu minsi ya CHOGM
13 June 2022, by IGIHEMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango wa Commonwealth, CHOGM, amashuri yo mu Mujyi wa Kigali azafunga.
-
Amabendera y’ibihugu 54 bigize CHOGM yatatswe Kigali (Amafoto)
16 June 2022, by Igirubuntu DarcyMu mihanda yo muri Kigali hashyizwe amabendera y’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth, mu gihe habura iminsi itatu gusa ngo u Rwanda rwakire inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo muri uyu muryango, CHOGM.
-
Menya byinshi ku Igikomangoma Charles utegerejwe i Kigali
13 June 2022, by Muyisenge Jean FelixIgikomangoma Charles Philip Arthur George ni umwe mu bashyitsi bakomeye bazitabira Inama ya CHOGM izabera i Kigali, aho azaba ahagarariye Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II.
-
Abitabiriye inama ku burenganzira bwa Muntu muri Commonwealth bunamiye abazize Jenoside (Amafoto)
17 June 2022, by Akayezu Jean de DieuAbitabiriye inama yahuje abayobora Ihuriro rya za Komisiyo z’Uburenganzira bwa Muntu mu Muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Impumeko y’abanyarwanda ku nama ya CHOGM ibura iminsi mike
15 June 2022, by Ntabareshya Jean de DieuMu gihe habura iminsi mike ngo inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, iteganyijwe kubera mu Rwanda ibe, Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye bakomeje imyiteguro.
-
Musanze: Abanyakinigi bari gushyashyana; biteze kungukira muri CHOGM
15 June 2022, by Claude BazatsindaMu gihe u Rwanda rwitegura kwakira inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza, CHOGM, izateranira i Kigali mu cyumweru gitaha, bamwe mu baturage bakorera imirimo itandukanye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, bavuga ko na bo bayiteguye neza kandi bazayungukiramo nk’agace kabumbatiye ubukerarugendo bw’Igihugu.
-
Hashyizweho uburyo bwihariye bwo kwita ku buzima bw’abazitabira CHOGM
17 June 2022, by Rabbi Malo UmucunguziUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko Guverinoma yashyizeho uburyo bwo kwita ku buzima bw’abazitabira inama y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bigize Commonwealth (CHOGM), harimo abaganga n’amavuriro yiteguye kubakira.
-
U Rwanda rwatorewe kuyobora Ihuriro rya Komisiyo z’Uburenganzira bwa Muntu muri Commonwealth
16 June 2022, by Akayezu Jean de DieuUmuyobozi wa Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, Marie Claire Mukasine yahawe ubuyobozi bw’Ihuriro rya za Komisiyo z’Uburenganzira bwa Muntu mu Muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth.
-
Abakuru b’ibihugu na Guverinoma 35 bazitabira CHOGM
17 June 2022, by Rabbi Malo UmucunguziUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yemeje ko abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth 35 ari bo bazitabira inama izwi nka CHOGM, itegerejwe i Kigali ku wa 20-26 Kamena 2022.
IGIHE