Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yanenze abatemera amasezerano igihugu cye giherutse kugirana n’u Rwanda ku gufasha abimukira, avuga ko bakwiriye kugera mu Rwanda bakibonera iterambere rwagezeho n’ubushobozi bwarwo mu kwakira impunzi n’abimukira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > CHOGM2022
CHOGM2022
Articles
-
Boris Johnson yahaye ubutumwa abakibona u Rwanda mu ishusho ya kera
24 June 2022, by Ferdinand Maniraguha -
Ibitabo bisaga ijana by’Abanyarwanda bimaze kugurwa muri CHOGM
24 June 2022, by IGIHEUrugaga rw’Abanditsi mu Rwanda, rwatangaje ko rukomeje kubyaza umusaruro inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth (CHOGM) iri kubera i Kigali.
-
CHOGM: Urugaga rw’abagenamigambi ry’imijyi n’ibyaro mu Rwanda rwinjiye mu ihuriro rya Commonwealth
24 June 2022, by Cyprien NiyomwungeriInama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) isize Urugaga Nyarwanda rw’abagenamigambi ry’imijyi n’ibyaro (RUPI) binjije mu ihuriro ryabo ku rwego rw’Afurika y’Iburasirazuba n’urw’Umuryango wa Commonwealth.
-
Igikomangoma Charles yagaragaje ko urugamba rwo guhashya malaria atari urwa bamwe
24 June 2022, by IGIHEIgikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza, Charles yagaragaje ko hari ubushakashatsi butandukanye bwagiye bwerekena ko ikibazo cy’ihindagurika ry’ibihe gishobora kuzatuma indwara ya malaria irushaho kwibasira benshi, ariko yemeza ko abatuye Isi nibatahiriza umugozi umwe bazayihashya nk’uko byagenze ku mbasa.
-
AMAFOTO: Perezida Kagame na bagenzi be bakiriwe ku meza n’Igikomangoma Charles
25 June 2022, by Philbert GirinemaPerezida Kagame hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu na za guverinoma bari mu Rwanda bitabiriye inama ya Commonwealth, bitabiriye isangira batumiwemo n’Igikomangoma Charles n’umugore we.
-
Kuki Perezida Museveni yahisemo guca i Gatuna yinjira mu Rwanda?
25 June 2022, by Ferdinand ManiraguhaAhagana saa yine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 23 Kamena, mu gihe i Kigali indege zabisikanaga zizanye abashyitsi batandukanye bitabiriye inama nkuru ya Commonwealth, Perezida Museveni yanditse kuri Twitter.
-
Togo na Gabon byemejwe nk’abanyamuryango bashya ba Commonwealth
25 June 2022, by Philbert GirinemaInama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Commonwealth, yemeje ko Gabon na Togo, byinjira muri uyu muryango, bituma umubare w’ibihugu biwugize uva kuri 54 uba 56.
-
Perezida Kagame yiseguye ku munyamakuru ufite ubumuga wamugejejeho ikibazo yahuriye nacyo i Kigali
25 June 2022, by IGIHEUmukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yiseguye ku munyamakuru ufite ubumuga, ukomoka muri Tanzania ariko ukorera Televiziyo yo mu Bwongereza, wamugejejeho ikibazo cy’uko amaze iminsi itandatu adasohoka muri hotel kubera ko afite ubumuga.
IGIHE